Ihererekanya bubasha hagati y’Umuyobozi Nshingwabikorwa mushya w’Akarere ka Gasabo nuwo asimbuye
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Bwana DUSENGIYUMVA Samwel yayoboye umuhango w'iherekanyabubasha hagati y'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere Bwana Bernard Bayasese n'uwo asimbuye Madamu Umwali Pauline.
Mu ijambo rye, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere mushya, yashimiye Ubuyobozi bw'Igihugu bwamugiriye ikizere ndetse ashimira n'uwo asimbuye ku kazi keza yakoze.
Yasabye ubufatanye mu gushyira imbere inyungu z'Umuturage, imikorere n'imikoranire myiza, gushyira hamwe imbaraga no gusenyera umugozi umwe.
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasabye Ubuyobozi bushya kwegera abaturage, kubaha serivisi nziza no guhanga imirimo mishya kuko kuko iterambere ry’Igihugu rihera kuri buri muturage.
Uyu muhango kandi wari witabiriwe n’inzego z’Umutekano ku rwego rw’Umujyi wa Kigali n’Akarere, abahagarariye abikorera mu Karere, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge, abayobozi b’Ibitaro tw’Uturere hamwe n’abakozi b’Aakarere.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…