URUZINDUKO RW’ IMBONI Z A LETA MU KARERE KA GASABO
Akarere ka Gasabo ni kamwe mu Turere du Tatu tugize Umujyi wa Kigali, kandi kimwe nuko bimeze mu tundi Turere, Abayobozi muri Goverinoma bagiye bafite uturere bahagarariye cyangwa babereye imboni.
Imboni za Guveronoma mu Karere ka Gasabo ni Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Hon. Vincent BIRUTA hamwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe Ikorana buhanga ,Imyuga n’ubumenyi ngiro Hon. NIRERE Claudette.
Aba bayobozi basuye Akarere ka Gasabo, mu rwego rwokureba no kumenya neza imikorere y’Akarere ndetse n’ibibazo bihari mu kazi kaburimunsi.
Aba ba Minisitiri bakigera ku Karere bakiriwe nabagize urwego Nshingwabikorwa , Inzego z’Umutekano mu Karere. Umuyobozi Nshingwa bikorwa w’Akarere Madam Umwali Pauline yaberetse ishusho yusange y’Akarere, ibimaze kugerwaho mu myaka Icumi ( 10 yrs) ndetse anabagaragariza ibibazo Bihari abasaba ubuvugize kugirango bashobore gukomeza guha abaturage serevise ndiza kandi inoze.
Minister Biruta ndetse na Minister Nirere bashimiye Akarere ibyo gakora ndetse babizeza ubuvugize ku bibazo byagaragajwe kandi biyemeza ko bazajya basura Akarere kenshi kugirango bashobore gukurikirana imikorere y’Akarere.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…