Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yashoje amahugurwa y’Iminsi 2 y’Urubyiruko
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 12 Gicurasi 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa yashoje amahugurwa y'iminsi 2 y’Urubyiruko mu kwihangira umurimo, kunoza no gucunga neza imishinga , akamaro ko kwizigamira no kubafasha kumenya amahirwe yo kugera kuri service z'imari.
Hitabiriye urubyiruko 124 baturutse mu mirenge Itandatu (6) muri 15 igize akarere ka Gasabo.
Hakiriwe kandi ibikoresho byatanzwe n'UmufatanyabikorwaThe Church of Jesus Christ of Latter Day Saints bizahabwa Urubyiruko rwize imyuga itandukanye harimo Ubudozi, gutunganya imisatsi n'isura.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…