Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yakiriye indahiro yabahawe Ubwenegihugu nyarwanda
Nk’uko ahabwa ububasha n’Iteka rya Minisitiri No 007/01 RYO KU WA 23/03/2022 RYEREKEYE UBWENEGIHUGU NYARWANDA, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ka Gasabo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 08 Ugushyingo 2024 yakiriye indahiro y’abahawe ubwenegihugu nyarwanda.
Mu ijambo rye, Umuyobozi Nshingwabikorwa yabanje gushimira abaje guhabwa ubwene Gihugu Nyarwanda kuba barahisemo kuba abanyarwanda. Ariko anabasaba:
Umuyobozi yasoje abasaba kuzarangwa n’Indangagaciro na Kirazira by’umuco nyarwanda.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…