Umunsi Mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga mu Karere ka Gasabo wijihirijwe mu Murenge wa Bumbogo
Umunsi Mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga mu Karere ka Gasabo wijihirijwe mu Murenge wa Bumbogo
Mu Karere ka Ka Gasabo mu Murenge wa Bumbugo hijirijwe umunsi mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga, ukaba waritabiriwe n’abafite Ubumuga baturutse mu Mirenge15 igize Akarere ka Gasabo
Insanganyamatsiko yuyu mwaka; Duteze Imbere serevisi z’ubuvuzi, no guhangana n’ibyorezo ku bantu bafite ubumuga.
Umushyitsi mukuru muruyu muhango yari Bwana INGABIRE Augustin umuyobozi w’Imirimo rusange mu Karere ka Gasabo mwi jambo rye, yavuze ko hari gahunda nyinshi zigamije guteza imbere abafite ubumuga,
Abafite ubumuga bafashwa bu buryo butandukanye harimo kubavuza, kubigisha, kubashakira no gutera inkunga imishinga ibavana mu bucyene,
Mu byaranze uyu munsi, harimo no kuremera bamwe mu bafite ubumuga batoranijwe muri buri Murenge, bose hamwe ni 15, aho buri muntu yahawe Ibihumbi Ijana (100,000 fw).
Bishimiye inkunga bahawe, bongeraho ko bashimira Leta y’u Rwanda kubera ubufasha idahwema ku bagezaho, bavuze kandi ko ubu abafite ubumuga babayeho neza kuko ubu bibumbiye mu ma Koperative, bikabafasha kwiteza imbere, Ubu umuntu ufite ubumuga nawe asigaye afite agaciro nkabandi,nubwo wenda hatabura imbogamizi ariko barashima ibimaze gukorwa mu rwego rwo kubateza imbere.
Mu bikorwa byakozwe, umufatanyabikorwa NUDOR yishyuriye ubwisungane mu kwivuza abantu 200 batishoboye.
Iborori byuwo munsi byashojwe n’ubusabane, banishimira uko umunsi wagenze..
Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…
Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…
Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…