Umunsi Mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga mu Karere ka Gasabo wijihirijwe mu Murenge wa Bumbogo

Umunsi Mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga mu Karere ka Gasabo wijihirijwe mu Murenge wa Bumbogo

Mu Karere ka Ka Gasabo mu Murenge wa Bumbugo hijirijwe umunsi mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga, ukaba waritabiriwe n’abafite Ubumuga baturutse mu Mirenge15 igize Akarere ka Gasabo

Insanganyamatsiko yuyu mwaka; Duteze Imbere serevisi z’ubuvuzi, no guhangana n’ibyorezo ku bantu bafite ubumuga.

Umushyitsi mukuru muruyu muhango yari Bwana INGABIRE Augustin umuyobozi w’Imirimo rusange mu Karere ka Gasabo  mwi jambo rye, yavuze ko hari gahunda nyinshi zigamije guteza imbere abafite ubumuga,

Abafite ubumuga bafashwa bu buryo butandukanye harimo kubavuza, kubigisha, kubashakira no gutera inkunga imishinga ibavana mu bucyene,

Mu byaranze uyu munsi, harimo no kuremera bamwe mu bafite ubumuga batoranijwe muri buri Murenge, bose hamwe ni 15, aho buri muntu yahawe Ibihumbi Ijana (100,000 fw).

Bishimiye inkunga bahawe, bongeraho ko bashimira Leta y’u Rwanda kubera ubufasha idahwema ku bagezaho, bavuze kandi ko ubu abafite ubumuga babayeho neza kuko ubu bibumbiye mu ma Koperative, bikabafasha kwiteza imbere, Ubu umuntu ufite ubumuga nawe asigaye afite agaciro nkabandi,nubwo wenda  hatabura imbogamizi ariko barashima ibimaze gukorwa mu rwego rwo kubateza imbere.

Mu bikorwa byakozwe, umufatanyabikorwa NUDOR yishyuriye ubwisungane mu kwivuza abantu 200 batishoboye.

Iborori byuwo munsi byashojwe n’ubusabane, banishimira uko umunsi wagenze..


Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->