Umuganda usoza ukwezi kwa Nzeri
Umuganda Rusange usoza ukwezi kwa Nzeri 2024 mu Karere ka Gasabo wabaye mu Midugudu yose ku rwego rw'Akarere wabereye mu Mudugudu wa Rusenyi Akagari ka Murama Umurenge wa Kinyinya.
Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe Imibereho Myiza n'Iterambere ry'Ubukungu Urujeni Martine ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere hamwe n'Urubyiruko rwo muri Ghana bari mu Gihugu mu rugendo shuri bifatanyije n'abaturage bubaka ibiro by'ako Kagari.
Baganiriza abaturage bitabiriye umuganda, abayobozi bagarutse kuri gahunda zitandukanye za Leta.
1. System Imibereho
2. Gira Wigire
3. Kwirinda ibiyobya bwenge
4. Kwirinda amakimbirane mu miryango.
5. Mituweli
6. Isuku
7. Kwita ku bidukukije birinda gutwika amashyamba no gufata neza ibishanga.
8. Kuzitabira amarushanwa ya Youthconnect
9. Ikisanyamakuru ry'abantu bafite ubumuga rikorwa na NCPD
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…