Umuganda Rusange usoza Ukwezi kwa Mata
Umuganda Rusange usoza ukwezi kwa Mata 2025 mu Karere ka Gasabo wakozwe mu Midugudu yose .
Ku Rwego rw'Akarere ka Gasabo wabereye mu Murenge wa Gikomero mu Kagari ka Gicaca, hasanwa inzu y'umuturage utishoboye hanasiburwa umuhanda uhuza Akagari ka Gicaca ko muri Gikomero n'Akagari ka Kinyana ko mu Murenge wa Rusororo.
Umuyobozi Nshingwabikorwa n'Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe Ubukungu n'Imibereho Myiza bifatanyije n'abaturage bo mu Kagari ka Gicaca mu muganda usoza Ukwezi kwa Mata 2025
Abayobozi baganiriza abaturage nyuma y'Umuganda, babibukije ibi bikurukira:
Kugira isuku Kwirinda Ibiyobyabwenge. Umutekano, Gahunda yo gukora cyane bakikura mu bukene, Kwirinda no kurwanya amakimbirane mu Muryango no Kwirinda Ibiza no kwibutsa abagituye ahashyira ubuzima bwabo mu kaga kuhimuka.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…