Ubuyobozi bw’Akarereka Gasabo bwashyikirijwe urufunguzo rw’inzu izajya ifasha kwakira abarwayi
Taliki ya 28 Gicurasi, mu Murenge wa Kinyinya Akagari ka Murama Umudugudu wa Rusenyi habereye umuhango wo gushyikiriza ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo inzu izifashishwa n’ikigo Nderabuzima cya Kinyinya mu gufasha cyangwa kwakira abarwayi cyane abafite indwra zitandura nka Cancer.
Iyi nzu yasanywe n’umufatanyabikorwa witwa Rotary Club of Kigali Virunga wayishyikirije Ubuyobozi bw’Akarere bwari buhagarariwe n’Umuyobozi Nshingwabikorwa Madam UMWALI Pauline
Inzu yasanywe ifite ibyumba 9 n’ibitanda by’abarwayi 25 byose , Imirimo yakozwe yose iffite agaciro ka Milllion.51(51M)
Umuyobozi Nshingwa bikorwa w’Akarere yasahimye cyane Rotary Club of Kigali Virunga, ku gikorwa kiza nkakiriya kizafasaha abantu bose bazajya bagana ubuvuzi kugirango bashobore kubaho batekanye.
Rotary Club n’umuryango mpuzamahanga agashami kayo ka Kigali niko kitwa Rotary Club of Kigali Virunga, irishami rero subwambere bakora igikorwa gifasha abaturage mu Karere ka Gasabo, kuko nikindi gihe bigeza bafasaha mu gutera ibiti by’imbuto mu Mudugudu w’Ikitegerereza wa Rudakabukirwa mu Murenge wa Gikomero.
Kandi kindi nuko atarubwanyuma bakoranye n’Akarere ka Gasabo
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…