OPERATION AKARERE MUKAGARI
Mu rwego rwo gushyira mubikorwa gahunda ya guverinoma y’ imyaka irindwi (NST1) munkingi y’ iterambere ry’ imiyoborere myiza Akarere ka Gasabo kagennye gahunda yo kwegera abaturage no kubakemurura ibibazo, gahunda ysiswe ” operation Akarere mu Kagari”
Iyi operation y’ Akarere mu kagari igamije gukemura ibibazo by’ abaturage bitakemukiye ku rwego rw’ umudugudu, akagari n’umurenge, Kwegera abaturage no kubegereza serivisi zitangirwa ku karere, kwihutisha gukemura ibibazo by’ abaturage
kugabanya ingendo abaturage bakora bajya ku karere, gukurikirana imikorere y’ imirenge,
kugoragoza muri rusange ishusho y’ ibibazo abaturage b’ akarere ka gasabo bafite
ibyakemuwe, ibizashikirizwa izindi nzego, n’ibizakorerwa ubuvugizi mu mirenge yose y’ akarere ka gasabo.
iyigahunda ikaba yaratangiye tariki 9 Kanama 2022 mu Murenge wa Kimihurura ikazakomere no muyindi Mirenge nku ko bigaragara ku mbonerahamwe ya gahunda.
“OPERATION AKARERE MU KAGARI”
| AMATARIKI | IMIRENGE |
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
|
Akarere ka gasabo kagennye ko buri Murenge ugira iminsi ibiri yo gukemura ibibazo, aho ku munsi wa kabiri wa kazi mu murenge hazajya hakemurirwa ibibazo aho biherereye (field visit), imibereho myiza y’ abaturage. Hazajya hasuzumwa ndetse n’ ibijyanye n’ ubukangura mbaga ku Gahunda ya Operationa Akarere mu Kagari yitabiriwe n’abayobozi b’Umujyi wa Kigali bose bajya mu Mirenge itandukanye bagafatanya n’ubiyobozi bw’Akarere gukemura ibibazo by’abaturage.
Aho mbere ya gutangira muri munsi wa mbere mu Murenge Umuyobozi w’Ibikorwa by’Umujyi wa Kigali arabanza akaganira n’abakozi ba muri Murenge mu rwego rwo kunoza imikorere n’imikoranire.
Iyi gahunda izafasha Akarere, umurenge n’ akagari gukemura ibibazo byabaturage kandi mu buryo bubegereye bityo bizatuma abaturage bishimira imitangire myiza ya serivise.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…