MU KARERE KA GASABO HATERANIYE INAMA IGAMIJE KUGANIRA KU MIRIRE MIBI N’IGWINGIRA MU BANA

Kuri uyu wa kane, tariki ya 20 Werurwe 2025, mu Karere ka Gasabo habereye inama yahuje ubuyobozi bw’akarere ndetse n’abafatanyabikorwa bahagarariye ibigo mbonezamikurire byo mu mirenge itandukanye.

Abitabiriye inama yo kurwanya igwingira mu bana bato

Muri iyi nama, bamwe mu bahagarariye ibigo mbonezamikurire y’abana bagaragaje bimwe mu bikorwa bafashamo abaturage mu rwego rwo kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana. Bavuze ko bapima ababyeyi kuva batwite kugeza igihe babyaye, bakigisha ababyeyi uko bategura indyo yuzuye ndetse n’akamaro k’isuku mu ngo zabo.

Mu ijambo Umuyobozi wungirije w’Akarere ka Gasabo ushinzwe imirimo nshingwabikorwa yagejeje ku bitabiriye iyo nama, yavuze ko hakwiye kongerwa uburyo bwo gusesengura ibyagezweho no kureba niba imihigo yahizwe yarashyizwe mu bikorwa uko bikwiye.

Umwe mu bahagarariye ikigo mbonezamikurire cy’abana yagaragaje imbogamizi bafite, aho yavuze ko badafite inzu ikigo cyabo gikoreramo, asaba ko hashakishwa inzu bashobora gukoreramo ibikorwa byabo neza.


Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…

Read more →

Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Murenge wa Gatsata.

Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…

Read more →

Gahunda yo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi no n’icyumweru cy’icyunamo mu Karere ka Gasabo

Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi  ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…

Read more →

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →
-->