Mu Karere ka Gasabo hatashywe ibyumba by’amashuri

Kuru yu wa Gatatu taliki ya 23 Ukuboza, mu Akarere ka Gasabo hakozwe igikorwa cyo gutaha ibyumba by’amashuri byuzuye,

Iki gikorwa cyakozwe mu Mirenge yose igize Akarere, ariko ku rwego rw’Akarere cyabereye ku Mashuri ya GS Kimironko II no kuri GS ya Kacyiru II kiyoborwa n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere.

Mu Karere ka Gasabo hatashywe ibyumba by’Amashuri 111, n’ubwiherero 162 ariko ibyumba byose bigomba kubakwa ni 1006, kandi nibitaruzura bigeze ahashimishije.

Impamvu nyamukuru, yo kubaka ibyumba by’amashuri; byaruku gabanya ubucucike mu mashuri ndetse no kugabanya ingendo ndende abana bagendaga bajya kwiga kure, kuko nta mashuri yabaga hafi ariko ubu ntamwana uzongera kugenda urugendo rurengeje 5metres.

N’ibyumba bitaruzura, nabyo birimo gukorwa mu buryo bwihuse kugirango birangire vuba abana bashobore kwiga bisanzuye kandi batekanye.

Akarere ka Gasabo gafite Imirenge 15, kandi muri buri Murenge harimwa kubakwa ibyumba by’amashuri bikaba byaragiye byubakwa aho babona koko hafasha gukemura byabibazo by’ingendo ndende ndetse n’ubucucike.

Hari ibyumba byubatswe ari bishya kuri sites nshya ariko hari n’ibyubatswe kuri sites zisanzwe bitewe n’ubutaka bwabaga buhari, nukuvuga ko ikibazo kigiye gukemuka mu Karere hose.

Akarere ka Gasabo katangiye kubaka ibyumba by’amashuri mu kwezi kwa Gicurasi 2020, ikindi twavuga nuko mu byumba bubatswe harimo n’ibigetse mu rwego rwo gukoresha  neza ubutaka.

Abanyeshuri, Abarezi ndetse n’ababyeyi bose bishimiye iki gikorwa cyiza, kigiye gufasha abana kwiga kandi neza kubera ko umwalimu wigisha abana benshi mu ishuri, rimwe  ndabwo bose bashoboraga kugendera ku muvuduko umwe kugirango bumvire rimwe, bikaba byatumaga abana bamwe basigara inyuma ariko iyo abana ari bakeya mu ishuri,bituma mwalimu ashobora gukurikira buri mwana kandi akamenya n’ikibazo afite akamufasha


Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->