MU KARERE KA GASABO HATANGIJWE UBUKANGURAMBAGA BWISWE OPERATION SMILE BUZAFASHA ABANA KURIRA KU ISHURI

Muri gahunda yo kurushaho gufasha abana bose kugirango bashobore kurira  ku shuri kandi barye indyo yuzuye inafite isuku,

Taliki ya 28 Mata mu Karere ka Gasabo hatangijwe  ubukangurambaga bwiswe Operation SMILE.

Operation SMILE yatangiye ari igitekerezo taliki ya 17 Werurwe hakomezwa kugenda hongerwamo ibitekerezo nyuma yo kubona ko yatanga umusaruro itangizwa ku mugaragaro .

gahunda nziza ya Leta yo kugaburira abana ku ishuri ituma abana bakundana barushaho gusabana, gukunda ishuri bityo bikaba byarafashije: Kongera ireme ry’uburezi, kugabanya umubare w’abana bataga ishuri;

Impamvu zatumye Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo butekereza gutangiza Operation SMILE

nuko hagaragaye ko ubwitabire bw’Ababyeyi mu gutanga uruhare rwabo kugirango abana

barirre ku shuri rwari hasi cyane bigatuma ibigo by’amashuri  bisigarana umwenda ba

Rwiuyemeza mirimo.

Ikindi nuko hagaragaye ko umubare munini w’abana basiba ishuri cyane abana baturuka mu

Miryango ikenye.

Ikindi n’isuku nkeye igaragara ku Bigo by’amashuri, naho batuye  ndetse n’ibiryo bidahagije

mbose bigatuma abana batabona amahirwe yo kurira ku ishuri.


Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…

Read more →

Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Murenge wa Gatsata.

Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…

Read more →

Gahunda yo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi no n’icyumweru cy’icyunamo mu Karere ka Gasabo

Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi  ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…

Read more →

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →
-->