Mu cyumweru cyahariwe Umwna abayobozi basabye ababyeyi kurushaho kwita ku mikurire y’abana
Taliki ya 22 Gashyantare 2021, mu Karere ka Gasabo hatangijwe icyumweru cyahariwe Umwana.
Muri ki gihe k’icyumweru hazatangwa serevise zitandukanye ku bana, arizo;
Hazatangwa ibini by’inzo bitandukanye ku bana bafite amezi 12 kugera ku myaka 15, Kuva ku mezi 6 kugeza ku mezi 59 batabaha Vitamin A, Amezi 6-23 bazahabwa Ongera,
Abana bafite amezi ; 3,6,9,12,15 na 18 bazapimwa harebwa ko uburebure bafite ko buhuye n’Imyaka hakoreshejwe agasambi ndetse hanabimwe ibiro kubana bafite amazi 6-59.
Ibi byose bizajya bikorwa mu Midugudu urugo ku rugo, bikorwa n’abajyana bubuzima,
Naho mu bigo by’amashuri ibinini bizajya bitangwa n’abarimu kandi ibi byose bizakorwa hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda #COVID-19.
Iyi gahunda izakorwa mu Mirenge yose igize Akarere ka Gasabo, Abayobozi basabye ababyeyi kurushaho kwita ku Mikurire n’imibereho myiza y’abana babarinda Imirire mibi bikabaviramo ku ngingira.
Abayobozi kandi basabye aba babyeyi kwitabira iyi gahunda kuko ari ingirakamaro.
Iyi gahunda izarangira taliki ya 07 Werurwe 2021.
Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…
Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…
Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…