Mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Gasabo hateranye inama y’inama y’Igihugu y’abagore ku rwego rw’Akarere.

Ejo taliki ya 10 Nzeri 2025, mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Gasabo hateranye inama  Rusange  y’inama y’Igihugu y’abagore ku rwego rw’Akarere ka Gasabo. 

Iyi nama iterana rimwe mu mwaka mu gihembwe cya mbere ariko ikaba ishobora no guterana mu nama zidasanzwe igihe cyose bibaye ngombwa ikiga gusa ibiri ku murongo w'ibyateganyijwe.

Mubyo Inama Rusange yaganiriyeho, harimo kwemeza raporo y’ibikorwa n’iy’imikoreshereze y’umutungo by’umwaka urangiye, kwemeza ingengo y’imari na gahunda y’ibikorwa by’umwaka utaha.

Hazaganiriwe kandi ku ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo ya Mutimawurugo mu Midugudu y’Intangarugero.

Inama nkiyi yitabirwa n’ibyiciro bitandukanye;

1. Komite Nyobozi y’Inama y’Igihugu y’Abagore ku rwego rw'Akarere ka Gasabo;

2. Komite Nyobozi y’Inama y’Igihugu y’Abagore ku rwego rw’Imirenge igize Akarere ka Gasabo;

3. Abahuzabikorwa ba Komite Nyobozi z’Inama y’Igihugu y’Abagore ku rwego rw'Utugari tugize Akarere ka Gasabo;

4. Abahagarariye amashyirahamwe n’amakoperative by’abagore bifite ubuzimagatozi bikorera ku rwego rw’Akarere.

Iyi nama kandi yitabiriwe n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere, aho yasabye abitabiriye iyi nama gufasha ubuyobozi gukemura ibibazo bikigaragara bibangamiye umuryango:

 Ikibazo cy’umwanda ukigaragara mu ngo mu mumihanda y’imigenderano, ku mubiri ku myambaro cyane cyane iy’abana bato, Imiryango ibana mu makimbirane, aho mu Karere ka Gasabo dufite isaga 1.320, abangavu baterwa inda. Mu mwaka ushize 2024-2025 twari dufite 258,  Kwitabira kwishyura 


Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->