MINISITIRI W’UBIREZI YASUYE ISHURI RYA EP KACYURU 1 AGANIRA N’ABANYESHURI
Mu gitondo cyo kuri uyu wambere taliki ya 05 Gicurasi 20225, Minisitiri w’Uburezi Bwana Joseph Nsabimana arikumwe n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere basuye ishuri rya EP Kacyru 1 mu rwego rwo gukurikirana no gusuzuma uko serivisi z’uburezi zitangwa.
Minisitiri yashimye ubuyobozi bw’ishuri n’abarimu ku bw’akazi keza bakora mu kurerera u Rwanda, anabakangurira gukomeza guharanira gutanga uburezi bufite ireme.
Aganirizaga abanyeshuri, Minisitiri yabasabye gukomeza kwiga bafite bashyizeho umwete abibutsa kandi ko ejo hazaza h’u Rwanda hari mu biganza byabo nk’abaturage b’u Rwanda rwa none n' ejo hazaza.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…