KWIZIHIZA UMUNSI MPUZAMAHANGA WO KU RWANYA MALARIA

Uyu munsi ku italiki ya 25 Mata 2025 hizihizwe Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya Malariya. Ku rwego rw'Igihugu ukaba wizihirijwe mu Karere ka Gasabo Umurenge wa Ndera mu Kagari ka Kibenga.

Insanganyamatsiko y'uyu mwaka: Kurandura Malaria bihera kuri njye

Igikorwa cyo Kwizihiza umunsi Mpuzamahanga wo ku rwanya Malaria wabanjirijwe no  Gusura Ibikorwa bitandukanye birimo;  uburyo umubu wororoka,  kugaragaza uburyo bukoreshwa mu kwirinda  indwara ya Malaria,

Basoreza ku cyiciro cy'Abajyanama b'ubuzima, berekana Ibikorwa bitandukanye bakora bafasha abaturage kwirinda no kuvura Malaria n'izindi ndwara.

Atanga ikaze  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ka Gasabo  yashimiye Abafatanyabikorwa b'Akarere ka Gasabo, cyane cyane Abajyanama b’ubuzima ku kazi keza bakora ko gufasha abaturage kandi bakabikorana  ubwitange n’ubunyangamugayo.  Yakomeje avuga ko Ubuyobozi buzirikana kandi bubashimira Inshingano bafite zo gukiza ubuzima bw’abaturage asaba abaturage gukomeza kubagirira icyizere kuko ibyo bakora babihererwa ubumenyi.

Umuyobozi wa RBC yavuze ko kubera ubwiyongere bw'indwara ya Malaria u Rwanda rwashyizeho ingamba zo guhangana na Malaria arizo;   gutera imiti yica imibu, kuvura   Malaria ku Rwego rw'Umudugudu hakoreshejwe abajyanama b'ubuzima, gukomeza gushyira imbaraga cyane mu bukangurambaga no gutanga inzitira mibu.

Umuyobozi kandi yanavuze ko muri uyu mwaka   Leta y'u Rwanda yazanye imiti mishya irwanya Malaria kuko iyari isanzwe ikoreshwa yari itakivura  Malaria neza.


Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…

Read more →

Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Murenge wa Gatsata.

Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…

Read more →

Gahunda yo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi no n’icyumweru cy’icyunamo mu Karere ka Gasabo

Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi  ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…

Read more →

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →
-->