KWIBUKA KU NSHURO YA 31 MU MURENGE WA JABANA.

Kuwa Gatatu tariki 9 mata 2025 nibwo habaye Kwibuka kunsuro ya 31 Mu murenge wa Jabana uherereye mu karere ka Gasabo. Uyu muhango witabiriwe n’abayiobozi batandukanye  harimo  Aba Senateri, Abadepite, umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere,  n’Umuyobozi wa Ibuka ku rwego rw’Akarere .

 

Igikorwa cyo Kwibuka kunshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Jabana, hanabaye igikorwa cyo gushyingura mu cyubahiro  ibibiri 38 yashyinguwe mu Rwibutsa rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kabuye ubu rukaba  rushyinguyemo ibibiri 333,000.

Umushyitsi mukuru Depite Murumunawabo Cecile yihanganishije abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 Asaba urubyiruko ko rukwiye gusobanukirwa akamaro kabo mu kubaka Igihugu,kuko Urubyiruko rwagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi ariko na none Urubyiruko nibo babohoye u Rwanda.

Avuga kandi ku ruhare rw'Amahanga mu gusenya ubumwe bw'Abanyarwanda, n'uko yatereranye igihugu cyacu muri Jenoside yakorewe abatutsi ndetse n'uyu munsi akaba arebera abakomeje kubiba amacakubiri


Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->