KWIBUKA KU NSHURO YA 31 MU MURENGE WA JABANA.

Kuwa Gatatu tariki 9 mata 2025 nibwo habaye Kwibuka kunsuro ya 31 Mu murenge wa Jabana uherereye mu karere ka Gasabo. Uyu muhango witabiriwe n’abayiobozi batandukanye  harimo  Aba Senateri, Abadepite, umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere,  n’Umuyobozi wa Ibuka ku rwego rw’Akarere .

 

Igikorwa cyo Kwibuka kunshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Jabana, hanabaye igikorwa cyo gushyingura mu cyubahiro  ibibiri 38 yashyinguwe mu Rwibutsa rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kabuye ubu rukaba  rushyinguyemo ibibiri 333,000.

Umushyitsi mukuru Depite Murumunawabo Cecile yihanganishije abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 Asaba urubyiruko ko rukwiye gusobanukirwa akamaro kabo mu kubaka Igihugu,kuko Urubyiruko rwagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi ariko na none Urubyiruko nibo babohoye u Rwanda.

Avuga kandi ku ruhare rw'Amahanga mu gusenya ubumwe bw'Abanyarwanda, n'uko yatereranye igihugu cyacu muri Jenoside yakorewe abatutsi ndetse n'uyu munsi akaba arebera abakomeje kubiba amacakubiri


Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…

Read more →

Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Murenge wa Gatsata.

Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…

Read more →

Gahunda yo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi no n’icyumweru cy’icyunamo mu Karere ka Gasabo

Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi  ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…

Read more →

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →
-->