KWIBUKA KU NSHURO YA 31 MU MURENGE WA JABANA.
Kuwa Gatatu tariki 9 mata 2025 nibwo habaye Kwibuka kunsuro ya 31 Mu murenge wa Jabana uherereye mu karere ka Gasabo. Uyu muhango witabiriwe n’abayiobozi batandukanye harimo Aba Senateri, Abadepite, umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere, n’Umuyobozi wa Ibuka ku rwego rw’Akarere .
Igikorwa cyo Kwibuka kunshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Jabana, hanabaye igikorwa cyo gushyingura mu cyubahiro ibibiri 38 yashyinguwe mu Rwibutsa rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kabuye ubu rukaba rushyinguyemo ibibiri 333,000.
Umushyitsi mukuru Depite Murumunawabo Cecile yihanganishije abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 Asaba urubyiruko ko rukwiye gusobanukirwa akamaro kabo mu kubaka Igihugu,kuko Urubyiruko rwagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi ariko na none Urubyiruko nibo babohoye u Rwanda.
Avuga kandi ku ruhare rw'Amahanga mu gusenya ubumwe bw'Abanyarwanda, n'uko yatereranye igihugu cyacu muri Jenoside yakorewe abatutsi ndetse n'uyu munsi akaba arebera abakomeje kubiba amacakubiri
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…