Ku rwanya Malaria bihera kuri Njye, niyo ntero muri Gasabo
Ubukangurambaga bw’iminsi 14 bwo kurwanya Malaria mu Karere ka Gasabo burakorwa mu Mirenge yose ariko bwibanze cyane mu Mirenge ya Kinyinya, Ndera na Rusororo nk’imirange.
Uyu munsi mu Mirenge wa Kinyinya ubukangurambaga bwibahe aha hakurikira:
Mu bigo nderabuzimayari imbere mukigira abarwayi benshi ba Malaria, muri coopérative 2 zibumba amatafari i murama abanyamuryango 53, umuganda wo kurwanya Marariya mu mudugudu wa Binunga witabiriwe n'abantu 250, hakozwe screening muri Binunga harebwa abarwaye Malaria hanyuma hakorwa Inama nabayobozi b'amashuri bashishikarizwa ko bagomba kubwira abana gukoresha inzitiramibu, gukuraho ahantu hareka amazi mu kigo,
Naho mu Murenge wa Ndera ubukangurambaga bwo ku rwanya Malaria naho bwibanze mu Bigo by’amashuri aho abana biga babamo, muri Kampanyi z’Umutekano nk’abantu bakora kazi ka ninjoro, mu Bigo Ndrabuzima baganiriza abaje kwivuza, gukingiza nabandi baje gusaba service zitandukanye bose baganirijwe ku ndwara ya Malaria, n’uburyo bwa kuyirinda.
Mu Murenge wa Rusororo naho bakoze ubukangurambaga mu Bigo Nderabuzima, bigisha abarwayi baba baje kwivuza , basura ingo zagaragayemo Malaria murwego rwo gukurikirana kureba niba abarwayi barakize kandi niba ntabandi bantu barwaye Malari murizo ngo.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…