Ku rwanya Malaria bihera kuri Njye, niyo ntero muri Gasabo

Ubukangurambaga bw’iminsi 14 bwo kurwanya Malaria mu Karere ka Gasabo  burakorwa mu Mirenge yose ariko bwibanze cyane mu Mirenge ya Kinyinya, Ndera na Rusororo nk’imirange.

Uyu munsi mu Mirenge wa Kinyinya ubukangurambaga bwibahe aha hakurikira: 

 Mu bigo nderabuzimayari imbere mukigira abarwayi benshi ba Malaria, muri coopérative 2 zibumba amatafari i murama  abanyamuryango 53, umuganda wo kurwanya Marariya mu mudugudu wa Binunga witabiriwe n'abantu 250,  hakozwe screening muri   Binunga harebwa abarwaye Malaria  hanyuma hakorwa Inama nabayobozi b'amashuri bashishikarizwa ko bagomba  kubwira abana gukoresha inzitiramibu, gukuraho ahantu hareka amazi mu kigo, 

Naho mu Murenge wa Ndera ubukangurambaga bwo ku rwanya Malaria naho bwibanze mu Bigo by’amashuri aho abana biga babamo, muri Kampanyi z’Umutekano nk’abantu bakora kazi ka ninjoro, mu Bigo Ndrabuzima baganiriza abaje kwivuza, gukingiza nabandi baje gusaba service zitandukanye bose baganirijwe ku ndwara ya Malaria, n’uburyo bwa kuyirinda.

Mu Murenge wa Rusororo naho bakoze ubukangurambaga mu Bigo Nderabuzima, bigisha abarwayi baba baje kwivuza , basura ingo zagaragayemo Malaria murwego rwo gukurikirana  kureba niba abarwayi barakize kandi niba ntabandi bantu barwaye Malari murizo ngo.


Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…

Read more →

Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Murenge wa Gatsata.

Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…

Read more →

Gahunda yo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi no n’icyumweru cy’icyunamo mu Karere ka Gasabo

Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi  ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…

Read more →

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →
-->