Itsinda riturutse mu gihugu cya Benin mu rugendoshuri mu Karere ka Gasabo
Iri tsinda ryasuye ibigo bitandukanye mu rwego rwo kwigira ku Rwanda uko ibigo bitandukanye bicunga bikanashyiraho ibiciro birebewe ku biciro bisanzwe ho.
Ikigo gishinzwe itangwa ry’Amasoko mu Gihugu ( RPPA) mu rwego rwo gusangira nabo ubumenyi, mu bijyanye n’imitangire y’Amasoko, yabatwaye mu bigo bitandukanye kugira ngo ari nako bahura n’abashinzwe kugira ngo bashobore kubona ibisobanuro bitandukanye.
Mu Karere ka Gasabo iri tsinda ryakiriwe n’Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza ari kumwe n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere hamwe n’abakozi bafite mu nshingano imitangire y’amasoko mu Karere.
Basoburiwe uko Amasoko ya Leta atangwa.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…