Itsinda risuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’ Imihigo ryageze mu Karere ka Gasabo

Kuri uyu wa 29 Kamena 2016 Akarere ka Gasabo kakiriye itsinda riturutse muri IPAR rije kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’Imihigo 2015-2016 Umuyobozi w’Akarere yasinyanye n’Umukuru w’Igihugu.

Mu minsi ibiri iryo tsinda rigomba kumara mu Karere ka Gasabo, ryatangiye ku gusuzuma uko imihigo yeshejwe mu mpapuro nyuma bagasoreza kujya kureba ibikorwa bitandukanye byakozwe mu Mirenge itandukanye igize Akarere ka Gasabo.

Bakigera  mu Karere ka Gasabo bakiriwe n’umuyobozi w’Akarere bwana Rwamulangwa Stephen arikumwe n'Umuyobozi w'Inama Njyanama y'Akarere ka Gasabo  wanabahaye  ikaze  akanabamurikira abitabiriye icyo gikorwa ndetse akabaha n'isura y'aho Akarere gahagaze mu kwesa Imihigo y'umwaka 2015-2016.

Uwarukuriye itsinda risuzuma Imihigo bwana Habineza Mike nawe yatangiye ashimira uko bakiriwe, anerekana abo bazanye kandi  anatanga umurongo uri bugenderweho mu isuzumwa ry’Imihigo. Iri tsinda ryigabanyijemo amatsinda ane(4) atatu yagumye ku Karere areba Imihigo yo mu mpapuro nkuko Imihigo yahizwe  mu nkingi eshatu (3) Ubukungu,  Imibereho myiza hamwe n’Imiyoborere myiza. Humyuma itsinda rya kane ryagiye  kureba Imihigo uko imeze mu Mirenge.

Ku munsi ukurikiye ho, biteganijwe ko iri tsinda rizareba Ibikorwa bitandukanye byagiye bikorwa mu Karere kose. 


Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…

Read more →

Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Murenge wa Gatsata.

Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…

Read more →

Gahunda yo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi no n’icyumweru cy’icyunamo mu Karere ka Gasabo

Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi  ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…

Read more →

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →
-->