Inteko z’abaturage muburyo bwikorana buhanga
Muriki gihe turimo ubwo Isi yugarijwe n’icyorezo cy’indwara ya COVID19, aho Igihugu cyacu cyafashe Umurongo wo kubuza abantu kwegerana cyangwa guteranira ahantu habantu benshi nizindi ngamba zirimo gukaraba intoki inshuro nyishi n’mazi meza n’isabune, kwirinda gusuhuzanya bahana ibiganza cyangwa guhoberana nizindi nyinshi mu rwego rwo kwirinda no gukwirakwiza icyoi cyorezo.
Ni mururwo rwego Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo, bwahisemo gukora Inteko z’abaturage bakoresheje Ikoranabuhanga aho Inteko zakozwe binyuze kumurongo wa Radio One, abaturage babazaga ibibazo, banatanga ibitekerezo.
Byumwihariko, Inteko yejo yitabiriwe na Nyakubahwa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof. SHYAKA Anastase arikumwe na n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana RUBINGISA Pudence aho bifatanije n’abayobozi Nshingwabikorwa b’Akarere mu gukemura ibibazo by’abaturage.
Aba bayobozi banafashe umwanya batanga ubutumwa bujyanye no kwirinda icyorezo cya COVID 19
Muriyi Nteko kandi Minisiter Shayaka yanatangije ku mugaragaro gahunda y’Akarere ya ‘TWESETWESEIMIHIGO yatangijwe na gahunda ya ‘NKO GUHUMBYA” aho Akarere kubufatanye n’abafatanyabikorwa bazesa Imihigo 30 ijyanye n’ibibazo bihungabanya umudendezo w’abaturage.
Basoje Inteko, abayobozi banasuye Command Center y’Akarere, aho bahawe amakuru ajyanye n’ubuzima bw’Akarere umunsi kuwundi, aho basohotse muricyo cyumba bajyanye ishusho y’Akarere yose.
Ubu buryo bwo gukora Inteko mu buryo bwikorana buhanga, bwashimwe n’abayobozi cyane ko bijyanye nagahunda za Leta zo kurwanya no kwirinda icyorezo cya COVID19.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…