INTEKO IDASANZWE YISWE  ‘MU NTEKO TWATARAMYE’  YATERANYE MU KARERE KA GASABO 

Taliki ya 14 Gashyantare 2023, Mu Karere ka Gasabo habaye  Inteko idasanzwe idasanzwe yiswe *Mu nteko Twataramye ikaba yatambutse live  kuri Radio one,

Inteko idasanzwe « MU NTEKO TWATARAMYE  » yatarenye  mu rwego rw’Ubukangurambaga bw’isuku, isukura, kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana.

Umuashyitsi mukuru yari Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Bwana RUBINGISA PAUDENCE  .

Iyi Nteko yakurikirankwe n’abaturage mu tugari twose, bobonye umwanya wo kubaza ibibazo no gutanga ibitekerezo.

Ibibazo byabajijwe bimwe byarakemuwe ibindi bihabwa umurongo.

Iyi Nteko yaranzwe n’ibikorwa bitandukanye;                                                     

  • Hahembwe abafatanya abafatanyabikorwa muri ubu bukangurambaga ;
  • Abayobozi bakoze  igikorwa cyo gutombora  amazina y'abana bagaragaweho  imirire mibi  muri gahunda ya Mperekeza Basket kugira ngo bitabweho kugeza igihe bazava  mu Mirire mibi.

M rwego rwo gukomeza gukangurira abantu cyane abana bato gutozwa umuco w’isuku, hirya no hino mu mashuri habaye amarushanwa y’abana hatangwa ubutumwa bukangurira abantu/ ababyeyi kwirinda umwannda no gutegurira abana indyo yuzuye.

Abana batsinze abanda barahembwe ariko naburi mwana witabiriye amarushanwa nawe yarahembwe.

Abaturage bahawe umwanya…


Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…

Read more →

Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Murenge wa Gatsata.

Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…

Read more →

Gahunda yo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi no n’icyumweru cy’icyunamo mu Karere ka Gasabo

Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi  ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…

Read more →

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →
-->