INTEKO IDASANZWE YISWE ‘MU NTEKO TWATARAMYE’ YATERANYE MU KARERE KA GASABO
Taliki ya 14 Gashyantare 2023, Mu Karere ka Gasabo habaye Inteko idasanzwe idasanzwe yiswe *Mu nteko Twataramye ikaba yatambutse live kuri Radio one,
Inteko idasanzwe « MU NTEKO TWATARAMYE » yatarenye mu rwego rw’Ubukangurambaga bw’isuku, isukura, kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana.
Umuashyitsi mukuru yari Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Bwana RUBINGISA PAUDENCE .
Iyi Nteko yakurikirankwe n’abaturage mu tugari twose, bobonye umwanya wo kubaza ibibazo no gutanga ibitekerezo.
Ibibazo byabajijwe bimwe byarakemuwe ibindi bihabwa umurongo.
Iyi Nteko yaranzwe n’ibikorwa bitandukanye;
M rwego rwo gukomeza gukangurira abantu cyane abana bato gutozwa umuco w’isuku, hirya no hino mu mashuri habaye amarushanwa y’abana hatangwa ubutumwa bukangurira abantu/ ababyeyi kwirinda umwannda no gutegurira abana indyo yuzuye.
Abana batsinze abanda barahembwe ariko naburi mwana witabiriye amarushanwa nawe yarahembwe.
Abaturage bahawe umwanya…
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…