INTEKO IDASANZWE YISWE  ‘MU NTEKO TWATARAMYE’  YATERANYE MU KARERE KA GASABO 

Taliki ya 14 Gashyantare 2023, Mu Karere ka Gasabo habaye  Inteko idasanzwe idasanzwe yiswe *Mu nteko Twataramye ikaba yatambutse live  kuri Radio one,

Inteko idasanzwe « MU NTEKO TWATARAMYE  » yatarenye  mu rwego rw’Ubukangurambaga bw’isuku, isukura, kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana.

Umuashyitsi mukuru yari Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Bwana RUBINGISA PAUDENCE  .

Iyi Nteko yakurikirankwe n’abaturage mu tugari twose, bobonye umwanya wo kubaza ibibazo no gutanga ibitekerezo.

Ibibazo byabajijwe bimwe byarakemuwe ibindi bihabwa umurongo.

Iyi Nteko yaranzwe n’ibikorwa bitandukanye;                                                     

  • Hahembwe abafatanya abafatanyabikorwa muri ubu bukangurambaga ;
  • Abayobozi bakoze  igikorwa cyo gutombora  amazina y'abana bagaragaweho  imirire mibi  muri gahunda ya Mperekeza Basket kugira ngo bitabweho kugeza igihe bazava  mu Mirire mibi.

M rwego rwo gukomeza gukangurira abantu cyane abana bato gutozwa umuco w’isuku, hirya no hino mu mashuri habaye amarushanwa y’abana hatangwa ubutumwa bukangurira abantu/ ababyeyi kwirinda umwannda no gutegurira abana indyo yuzuye.

Abana batsinze abanda barahembwe ariko naburi mwana witabiriye amarushanwa nawe yarahembwe.

Abaturage bahawe umwanya…


Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->