Inama y’Inteko Rusange y’ihuriro ry’abafatanayabikorwa b’Akarere ka Gasabo

Taliki ya 26 Ukwakira mu Karere ka Gasabo hateranye Inteko Rusange  y’ihuriro ry’abafatanya bikorwa  b’Akarere ka Gasabo.

Iyi nteko Rusange yitabiriwe n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gasabo Madam UMWALI Pauline.

Muri iyi huriro ry’abafatanyabikorwa, Akarere ka Gasabo kagaragarije abayitabiriye ibikorwa kagezeho kubufatanye n’abafatanya bikorwa mugihe cy’imyaka ibiri ishize.

Beretswe kandi uko Akarere gahagaze mu ishyirwa mu bikorwa ry’Imihigo ry’Imihigo y’Akarere y’Umwaka wa 2022/2023 ndetse nuko gukemura ibibazo bibangamiye Imibereho Myiza y’Abaturage  (HIS)  bihagaze.

Hanakozwe amatora y’abagize komite nshya ya JADF isimbura icyuye igihe.

Kumwanya wa Perezida hatowe Bwana MUTSINDASHYAKA Andere, Visi Perezida hatorwa Bwana MURENZI Theoneste, kumwanya w’Umubitse hatowe Madam Rugera Jeannette .

Hatowe n’abakomiseri; ku mwanya wa  Komiseri ishinzwe Imibereho Myiza hatowe Bwana NDAYISABA Julius , Komiseri w’Ubukungu ni KAYIJAMAHE  Emmanuel naho kumwanya wa Komiseri ushinzwe Imiyoborere Myiza hatowe Apotre KABERA Mignone.

Mu ijambo rye , Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gasabo yashimiye Komite icyuye igihe akazi keza bakomeze mu guteza imbere Akarere anizeza komite nshya ubufatanye mu mikorere n’Imikoranire yaburi munsi  kugirango Umuturage ahore ku Isonga.


Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…

Read more →

Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Murenge wa Gatsata.

Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…

Read more →

Gahunda yo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi no n’icyumweru cy’icyunamo mu Karere ka Gasabo

Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi  ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…

Read more →

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →
-->