INAMA NYUNGURANABITEKEREZO YIGIRA HAMWE GUTEZA IMBERE IHANGWA RY’UMURIMO UNOZE
Mu Karere ka Gasabo hateranye inama nyunguranabitekerezo yigira hamwe uguteza imbere ihangwa ry'umurimo unoze . iyi nama yateguwe kubufatanye na Minisiteri y'abakozi ba Leta n'umurimo ikaba yitabiriwe n'ibigo binyuranye.
Mu jambo rye Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere Bwana Bayasese Bernard yavuze ko kuba abantu bicara bakungurana ibitekerezo, bakwiye twibuke ko intego yacu atari ukugaragaza imibare myiza cyangwa se ingamba zanditse neza ahubwo ni impinduka nziza mubatuye Akarere kacu ka Gasabo, no gutuma buri muturage wese abasha kugira umurimo unoze kandi umuhesha agaciro mu mibereho ye ya buri munsi .
Iyi nama nyunguranabitekerezo yabaye umwanya mwiza ku bayitabiriye wo gutanga ibitekerezo aho abantu barushijeho gusobanukirwa icyo guhanga umurimo unoze bivuze nicyo byamarira abanyarwanda
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…