Inama nyungurana bitekerezo igamije gukemura ibibazo byugarije Umuryango
Ku gica munsi cya none, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yagiranye inama nyungurana bitekerezo n'abayobozi b'amadini n'amatorero igamije kurebera hamwe icyakorwa kugirango ibibazo bibangamiye umuryango bikemuke.
Abafashe ijambo bose bagaragaje ko hakenewe ubufatanye bw'inzego z'amadini n'amatorero na Leta kandi ko mugihe hashyirwaho amategeko amadini n'amatorerro bajya babigiramo uruhare mu gutanga ibitekerezo mbere yuko yemezwa.
Abitabiriye inama bose basabye ko imiryango ikwiye kwegerwa n'inzego zose , ari iza Leta hamwe n'amadini n'amatorero, bakigishwa inshingano z'umuryango.
Basabye kandi ko Itegeko rishya ry'umuryango ryarushaho gusobanurirwa abantu mu byiciro bitandukanye harimo n’amadini n’amatorero kugirango igihe baba bigisha abitegura kurushinga bajye banabigisha icyo amategeko ateganya.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…