Impfubyi n'Abapfakazi ba Genoside babonewe amacumbi

Kuri uyu wa gatandatu tariki 24 Ukwakira 2015, ku bufatanye bw'Akarere ka Gasabo na Link ministries. mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo, Imiryango igera kuri 30 y'impfubyi n'abapfakazi ba Genoside yakorewe abatutsi yabonewe amacumbi yo kubamo ndetse bahabwe n'ibikoresho byose byo mu nzu, Ibigega by'amazi ndetse n'inka za kijyambere kuri buri muryango,  byose bifite agaciro ka Miriyoni zirenga Magana ane mu mafaranga y'U Rwanda.  Mu muhango wo gutaha aya mazu, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe imibereho myiza y'abaturage muri Minisitere y'Ubutegetsi bw'Igihugu Madame Dr. Mukabaramba Alvera, yashimiye Link ministries ku bwo gufasha Leta kwita ku mibereho y'abaturage ndetse anenga abandi bubaka amazu umuntu atatandukanya na Nyakatsi, asaba abaterankunga muri rusange ko bakwiye kugendana n'igihe. Yashimye amazu yubatswe ndetse agaragaza uburambe bwayo ko umuntu ashobora kuyabamo ubuziraherezo kandi asaba abahawe amazu ku yitaho cyane ko batari bafite amacumbi ndetse abasaba ko n'inka bahawe zibasha kubafasha kwikura mu bukene. End

Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…

Read more →

Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Murenge wa Gatsata.

Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…

Read more →

Gahunda yo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi no n’icyumweru cy’icyunamo mu Karere ka Gasabo

Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi  ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…

Read more →

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →
-->