Imiryango 157 yarahuguwe ku kurwanya Imirire mibi n’Igwingira mu Bana
Taliki ya 7/5/2025 mu Karere Ka Gasabo mu Murenge wa Nduba kubufatanye n’umufatanya Bikorwa Garden for Health Internationl habaye igikorwa cyo gusoza amasomo (Graduation ) ku miryango 157 yafashwaga n’uwo mushinga mu kwikura mu bükene na Gahunda yo kurwanya Imirire mibi n’igwingira ,Hakaba hahurijwe imiryango 157 ikaba ituruka mu Mirenge ine uwo mushinga ukoreramo ariyo; Nduba 57, Bumbogo 60, Rutunga 19 hamwe na Jabana 20.
Aba bagore bigishijwe no kwizigamira ubu bakaba baribamaze kwizigamira arenga Miliyoni 11 nyuma yo gusoza bahise bayagabana.
Uwaruhagarariye Garden for Health ya sabye Ubuyobozi bw’Akarere n’Umurenge kubaba hafi bakabatiza aho guhinga bityo bizabafase kwiteza babashakire aho guhinga kugirango bakomeze kwiyungura ubumenyi baniteza imbere.
Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…
Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…
Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…