Imikorere y’Umugoroba w’ababyeyi mu Karere ka Gasabo ugeze ku rwego rushimishije

Imikorere y’Umugoroba w’ababyeyi mu Karere ka Gasabo ugeze ku rwego rushimishije

Umugoroba w’Ababyeyi watangiye muri 2010, witwa Akagaroba k’Abagore kabafashaga kuganira kubibazo bahura nabyo no kubishakira ibisubizo, ariko kubera akamaro kagaragaje hafashwe ikimezo ko waba Umugoroba w’ababyeyi, uhuza Abagabo na Abagore.

Umugoroba w’ababyeyi n’urubuga Ababyeyi b’Abagabo n’Abagore batuye mu Mudugudu umwe bahuriramo kugirango bungurane ibitekerezo, bafatire hamwe ingamba bakemura ibibazo bafite ndetse banaganire k’iterambere muri rusange.

Mu Karere ka Gasabo byumwihariko, Umugoroba w’Ababyeyi ugeze ku rwego rushimishije, aho usanga abagabo, Abagore bose bitabiriye kubwinshi kandi bafite intego imwe.

Bafite Komite zuzuye kandi zikora, kuburyo ubona ko rwose bashyize hamwe muri byose.

Nkuko byagaragaye ubwo urwego rw’Akarere rwasuruga uko Umugoroba w’ababyeyi ukora, twasanze mu Midugudu yose umugoroba w’ababyeyi ukora neza kandi ahenshi bamaze kugera kuri byinshi, byaba mu rwego rw’Ubukungu, Imiberho Myiza, Imiyoborere Myiza ndetse n’Ubutabera.

Abagize Komite nyobozi ndetse n’Inama rusange y’Umugoroba w’Ababyeyi basabwe gukomeza gukorera hamwe bikemurira ibibazo ndetse banakora imishinga y’Iterambere.

Igenzura ry’imikorere y’Umugoroba w’Ababyeyi rikorwa buri gihembwe nkuko biri mu Mihigo y’Akarere 2019/2020.


Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->