Icyumweru cyahariwe Serivisi z’ubutaka mu Karere kaGasabo
Muri gahunda yo gukomeza kwegereza Abanyarwanda serivisi z’ubutaka, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali kubufatanye n’Ikigo cy’ubutaka batanginje icyumweru cyahariwe serivisi z’ubutaka mu Karere ka Gasabo.
Icyumwru cyahariwe serivisi z’ubutaka mu Karere ka Gasabo cyatangiye taliki ya 07 – 11 Werurwe 2022.
Iyi gahunda yatangijwe ku mugaragaro n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana RUBINGISA Pudence.
Uyu muhango kandi witabiriwe n’abandi bayobozi barimo Umuyobozi w’Ikigo cy’Ubutaka mu Rwanda arikumwe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe Imiturire n’Ibikorwa Remezo Dr. MBABWANAMAGURU Merard.
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, yasabye abari baje gusaba serivisi gukoresha aya amahirwe bagakemura ibibazo by’ubutaka bafite kandi ko ubuyobozi bwiteguye gukora ibishoboka ariko ibibazo bihari bikarangira.
Yanashimiye Umuyobozi w’Ikigo cy’ubutaka wemeye ko bagiye gushyiramo ba Notre bigenga kugirango bunganire abari basanzwebityo byihitishe serivisi z’ubutaka.
Uwo munsi kandi Abayobozi bashyikirije ibyangombwa by’ubutaka abaturage ba mbere bari baje gusaba serivisi bagahita bayihabwa ako kanya.
Icyumweru cyahariwe gahunda z;ubutaka, abantu basaba serivisi bagahita bayihabwa uwo munsi, ibi bikorwa kugirango ibibazo bijyanye n’ubutaka bigaragara hirya no hino bishobore gukemuka kandi mugihe gito.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…