Ibyumba by’amashuri byubakwa bigiye gukemura ubucucike bwarangwaga mu mashuri

Mu rwego rwo kugabanya ubucucike mu Mashuri, yo mu  Mirenge y’Akarere ka Gasabo hatangiye gahunda yo kubaka ibyumba by’amashri  kugirango uwmaka w’amashuri  uzatangire abana bafite aho kwigira bisanzuye.

Iyi gahunda igizwe n’ibyiciro bibiri (2) mu cyiciro cyambere hateganyijwe kubakwa ibyumba by’amashuri 111 mu Mirenge Umunani (8) y’Akarere ka Gasabo kuri sites 12, hamwe n’ubwiherero 162

 Icyiciro cya Kabiri ho, hazubakwa ibyumba 961 ariko icyi cyiciro cyikazatangira muri Kamena  2020 amashuri akazatangira muri Nzeri byaruzuye.

Ibyumba by’amashuri byubatswe cyane ahagaragaraga ubucucicye mu mashuri, cyangwa aho abana bakoraga ingendo ndende kugirango bagere ku mashuri.

Ibi bizafasha abana ndetse n’ababyeyi kubera ko baruhutse ingendo ndende ariko abarimu nabo bazigisha mu bwisanzure, bibafashe kwigisha neza.

Mbere yo gutangira iki gikorwa, habayeho igikorwa cyo kubanza kugaragaza aho ibibazo biri kurusha ahandi; amashuri agaragaramo ubucucicye  cyane  ndetse nabakora ingendo  ndende kugirango bagere ku mashuri.


Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…

Read more →

Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Murenge wa Gatsata.

Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…

Read more →

Gahunda yo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi no n’icyumweru cy’icyunamo mu Karere ka Gasabo

Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi  ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…

Read more →

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →
-->