Ibyumba by’amashuri byubakwa bigiye gukemura ubucucike bwarangwaga mu mashuri
Mu rwego rwo kugabanya ubucucike mu Mashuri, yo mu Mirenge y’Akarere ka Gasabo hatangiye gahunda yo kubaka ibyumba by’amashri kugirango uwmaka w’amashuri uzatangire abana bafite aho kwigira bisanzuye.
Iyi gahunda igizwe n’ibyiciro bibiri (2) mu cyiciro cyambere hateganyijwe kubakwa ibyumba by’amashuri 111 mu Mirenge Umunani (8) y’Akarere ka Gasabo kuri sites 12, hamwe n’ubwiherero 162
Icyiciro cya Kabiri ho, hazubakwa ibyumba 961 ariko icyi cyiciro cyikazatangira muri Kamena 2020 amashuri akazatangira muri Nzeri byaruzuye.
Ibyumba by’amashuri byubatswe cyane ahagaragaraga ubucucicye mu mashuri, cyangwa aho abana bakoraga ingendo ndende kugirango bagere ku mashuri.
Ibi bizafasha abana ndetse n’ababyeyi kubera ko baruhutse ingendo ndende ariko abarimu nabo bazigisha mu bwisanzure, bibafashe kwigisha neza.
Mbere yo gutangira iki gikorwa, habayeho igikorwa cyo kubanza kugaragaza aho ibibazo biri kurusha ahandi; amashuri agaragaramo ubucucicye cyane ndetse nabakora ingendo ndende kugirango bagere ku mashuri.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…