Ibikorwa byakozwe n’Intore mu biruhuko kuri site zitandukanye.
Gahunda y'Intore mu biruhuko irakomeje buri wa Mbere, ku wa Gatatu no ku wa Gatanu.
Muri iyi minsi yatoranijwe kandi, Intore ziteranikuri site zatoranijwe n'Akagari bagakora ibikorwa bitandukanye bibafasha kuba abanyarwanda beza bafite Indangagaciro.
Mu kagari ka Nyagahinga kuri site Light Center muri gahunda y’Intore mu biruhuko bufatanije na Police y’Urwanda hakorwa ibikorwa bikurikira:
Ubukanguramba bw’isuku aho bakoze umuganda wo gutoragura iyarara mu mudugudu wa Gisharara mu rwego rwo gutoza urubyiruko umuco w’Isuku
Kubufatanye na Police y’Urwanda urubyiruko bahawe ikiganiro bijyane no Kwirinda no gukumira ibiyobyabwenge ndetse n’icuruzwa ry’abantu.
Nahandi hose ku zindi site Intore zahawe ibiganiro kuri gahunda za Leta banakora ibikorwa n’imikino bitandukanye. Ibi byose bibafasha gukurana Indangagaciro nyarwanda bikazabafasha kuba abaturage beza.
Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…
Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…
Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…