HIZIHIJWE UMUNSI MPUZAMAHANGA WA MWALIMU
Taliki ya 13 Ukuboza 20224, mu Karere ka Gasabo kimwe nahandi hose mu Gihugu hizihijwe umunsi wa Mwalimu. Ku rwego rw'Akarere wizihirijwe mu Murenge wa Nduba nk'umurenge wa tsindishije kurusha iyindi.
Insanganyamatsiko yuyu mwaka: Umwalimu uhawe agaciro bimongerera imbaraga ashyira mu burezi
Mu jambo rye, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yabasabye gukomeza kuba INDASHYIKIRWA, gukomeza kuba ku isonga mu gustindisha kuko aricyo kigereranyo cy’iyubahirizwa ry’Ireme ry’Uburezi Igihugu cyifuza.
Yabasabye kandi gufasha ubuyobozi gutanga uburere kuko Igihugu kitarangwa n’umuco kiracika, Urubyiruko mubana umunsi ku munsi baruhe indangagaciro,
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…