Hateranye inama igamije kunoza serivisi z’ubuzima mu Karere.
Ku wa Gatatu taliki ya 13 Kanama 2025, mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Gasabo hateranye inama y’Ubuzima ku rwego rw’Akarere, inama yaritabiriwe n’ibyiciro bitanduakanye bikora ku buzima: Abahagarariye Ibitaro bya Kacyiru na Kibagabaga, abafite amavuriro yigenga, abafite amavuriro y’Ibanze(health post, Abayobozi b"ibigo Nderabuzima, bakozi bashinzwe ubuzima ku Mirenge n’hagarariye Division ya Malaria muri RBC:
Muri iyi nama haganiriwe ku ngingo zikurikira :
1.Uburyo bushya bwo kuvura malaria aho baganiriye ko imiti ya Malaria mishya 3 izajya isimburana buri mwaka hagakoreshwa umuti umwe, umwaka ukurikiye hagakoreshwa undi bityo bityo mu myaka 3 bikazatangira kuva mu kwa Cyenda 2025
2. Imitangire ya raporo y’amavuriro hagaragajwe ko amavuriro menshi adatanga raporo ibi bikaba bigira ingaruka ku igenamigambi bityo hakaba ibibazo by’miti kubera ko imibare yose iba itagarajwe
3. Imihigo :hagaragajwe ibimaze gukorwa mu kwezi kwa.7 basabwa gufata ingamba hakiri kare:: harimo ubukangurambaga, gutanga raporo , gutanga serivisi.
Iyi nama iba buri gihembwe igamije kurushaho kunoza imikorere n’imikoranire no gutanga serivisi nziza mu buzima.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…