Gutera ibiti by’imbuto kuri buri rugo bizafasha kurwanya imirire mibi

Nkuko biri muri mu Mihigo 2020/2021 y’Akarere ka Gasabo ko buri muturage agomba gutera Ibiti by’Imbuto murugo rwe, Akarere ka Gasabo katangiye kwesa uwo Mihigo gaha abaturage ingemwe z’ibiti by’imbuto zo gutera  mungo zabo.

Mu rwego rwo kongera umubare no gukomeza kwesa Umuhigo, uyu munsi kubufatanye n’Umufatanya bikorwa witwa Rwanda Environment Awareness Organization yatanze ibiti by’imbuto Ibihumbi Cumi na bitanu (15,000), byahuriranye n’Umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije.

Ibi biti byakiriwe n’Umuyobozi Nshingwabikorwa  w’akarere wungirije, wasabye abazahabwa ibiti  kubyitaho, bikazabagirira akamaro.

Ibi biti bitanzwe, bije nk’inyunganizi kubyari bimaze gutangwa, nkuko haba harakozwe list y’ababikeneye, bigezwa mu Mirenge bigahabwa ababigenewe.

Ibi  biti bitangwa, kubantu bo  mukiciro cya mbere n’cyakabiri cy’ubudehe, kuko abandi bo mubindi byiciro baba babifite  nabatarabitera bashoboye kubyigurira. Ibiti bi Tatu, nibyo bike, ushoboye yanatera ibirenze.

Gutera ibiti by’Imbuto, bizafasha abanyarwanda ku rwanya imirire mibi, binabafashe  kwiteza imbere.

Igikorwa kirakomeje kugeza buriwese abonye ibiti murugo rwe.


Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->