Gutangiza ku mugaragaro kubaka ibyumba by'amashuri

Mu Karere ka Gasabo kimwe nahandi hose mu Gihugu, taliki ya 19 Kamena, hatangijwe ku mugaragaro igikorwa cyo kubaka ibyumba by’amashuri.

Iki gikorwa cyatangiriye mu Kagari ka Ruhango Umurenge wa Gisozi aha zubakwa ibyumba by’amashuri 35.

Impamvu nyamukuru yiyi gahunda, nu kugabanya ubucucike mu mashuri  ndetse n’ingendo ndende abana bakoraga kugirango bagere ku mashuri.

Mu Karere ka Gasabo hazubakwa ibyumba by’amashuri 1072 n’Ubwiherero 1510. Muribi byumba, harimo ibizubakwa ahari hasanzwe amashuri ndetse nibizubakwa ahandi hashya mu rwego rwo gukemura ikibazo k’ingendo abanyeshuri bakoraga bajya ku mshuri.

Ibi byumba birimo kubakwa, bigomba kuba byarangiye, kuburyo abana bazabyigiramo muri Nzeri amashuri atangiye.

Umushyitsi mukuru muruyu muhango yari Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane akaba n’Imboni ya Leta mu Karere ka Gasabo Hon. Dr. BIRUTA Vincent.

Minisitiri Biruta, yashimye cyane gahunda y’Akarere ka Gasabo ya “TUJYANEMO ” aho buri wese agira uruhare mwiyubakwa ryaya mashuri, asaba buriwese kuyitaho kuko aribo afitiye akamaro.


Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…

Read more →

Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Murenge wa Gatsata.

Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…

Read more →

Gahunda yo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi no n’icyumweru cy’icyunamo mu Karere ka Gasabo

Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi  ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…

Read more →

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →
-->