Gutangiza ku mugaragaro kubaka ibyumba by'amashuri
Mu Karere ka Gasabo kimwe nahandi hose mu Gihugu, taliki ya 19 Kamena, hatangijwe ku mugaragaro igikorwa cyo kubaka ibyumba by’amashuri.
Iki gikorwa cyatangiriye mu Kagari ka Ruhango Umurenge wa Gisozi aha zubakwa ibyumba by’amashuri 35.
Impamvu nyamukuru yiyi gahunda, nu kugabanya ubucucike mu mashuri ndetse n’ingendo ndende abana bakoraga kugirango bagere ku mashuri.
Mu Karere ka Gasabo hazubakwa ibyumba by’amashuri 1072 n’Ubwiherero 1510. Muribi byumba, harimo ibizubakwa ahari hasanzwe amashuri ndetse nibizubakwa ahandi hashya mu rwego rwo gukemura ikibazo k’ingendo abanyeshuri bakoraga bajya ku mshuri.
Ibi byumba birimo kubakwa, bigomba kuba byarangiye, kuburyo abana bazabyigiramo muri Nzeri amashuri atangiye.
Umushyitsi mukuru muruyu muhango yari Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane akaba n’Imboni ya Leta mu Karere ka Gasabo Hon. Dr. BIRUTA Vincent.
Minisitiri Biruta, yashimye cyane gahunda y’Akarere ka Gasabo ya “TUJYANEMO ” aho buri wese agira uruhare mwiyubakwa ryaya mashuri, asaba buriwese kuyitaho kuko aribo afitiye akamaro.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…