Gutaha inyubako y'Ikigo nderabuzima cya kinyinya
Muri gahunda yo kwegereza abaturage serivisi z'Ubuzima , kuri uyu wa Gatanu, ku kigo nderabuzima cya Kinyinya hatashywe ku mugaragaro inyubako y' ibyumba 7 bizajya bifasha kwakira abarwayi babagana cyane abafite ubwandu bwa Virus itera SIDA.
Iyi nyubako yubatswe ku bufatanye na AIDA HealthcareFoundation Rwanda ikaba yuzuye ifite agaciro k'amafaranga y'u Rwanda miliyoni 79 ( 79M).
Ikigo Nderabuzima cya Kinyinya ni kimwe mu Bigo Nderabuzima 7 byo nu Karere ka Gasabo gifashwa na AHF Rwanda , kikaba cyaratangiye gukorana nayo kuva muri 2006.
Mu jambo rye, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere wungirije, yashimye cyane AHF kuba yaratekereje kubaka igikorwa Remezo nka kiriya, kizafasha abaturage benshi kandi b'ingeri zose. Abasaba kujya bahorana batekereza gufasaha abanyantege nke.
Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…
Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…
Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…