Gutaha inyubako y'Ikigo nderabuzima cya kinyinya
Muri gahunda yo kwegereza abaturage serivisi z'Ubuzima , kuri uyu wa Gatanu, ku kigo nderabuzima cya Kinyinya hatashywe ku mugaragaro inyubako y' ibyumba 7 bizajya bifasha kwakira abarwayi babagana cyane abafite ubwandu bwa Virus itera SIDA.
Iyi nyubako yubatswe ku bufatanye na AIDA HealthcareFoundation Rwanda ikaba yuzuye ifite agaciro k'amafaranga y'u Rwanda miliyoni 79 ( 79M).
Ikigo Nderabuzima cya Kinyinya ni kimwe mu Bigo Nderabuzima 7 byo nu Karere ka Gasabo gifashwa na AHF Rwanda , kikaba cyaratangiye gukorana nayo kuva muri 2006.
Mu jambo rye, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere wungirije, yashimye cyane AHF kuba yaratekereje kubaka igikorwa Remezo nka kiriya, kizafasha abaturage benshi kandi b'ingeri zose. Abasaba kujya bahorana batekereza gufasaha abanyantege nke.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…