GUSOZA UBUKANGURAMBAGA BW’IMINSI 16 YAHARIWE KURWANYA IHOHOTERA RISHINGIYE KU GITSINA

Uyu munsi AKarere ka Gasabo kifatanyije n’Isi yose mu gusoza iminsi 16 yahariwe Ubukangurambaga bwihariye mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku nsanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti: “Umuryango Uzira Ihohotera

Iyi gahunda kandi yahujwe n’inteko y’abaturage  yanyuraga ku ma radio: radio 1, Ktpress na Radio 10.

Mu jambo rye, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yashimiye Ubuyobozi bw'Igihugu cyacu  bwashyizeho iyi gahunda kuko iba ari umwanya wo kwisuzuma tukareba aho tugeze mu gukumira ihohoterwa iryo ari ryo ryose, gufata ingamba zo kurikumira no gukurikirana uko abahuye naryo bafashwa

Umuyobozi yavuze ko  bazakomeza ubukangurambaga bwihariye mu byiciro byihariye ku mategeko ahana abakoze ihohoterwa, gukangurira imiryango ibana mu buryo butemewe n’amategeko hamwe no gushyingirwa byemewe.

Umuyobozi kandi yavuze ko  bazakomeza gukorana n’izindi nzego bireba mu gukumira, kurwanya ihohoterwa no kwita kubahuye naryo.

 

Uyu munsi kandi waranzwe no kuremera  abangavu batewe inda imburagihe bize imyuga itandukanye babaha ibikoresho byo kuzabafasha  gutangira gukora imyuga  bize

Umufatanyabikorwa  AEE yatanze sheki ya Miliyoni eshanu azafasha abakobwa batewe inda imburagihe.

 


Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…

Read more →

Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Murenge wa Gatsata.

Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…

Read more →

Gahunda yo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi no n’icyumweru cy’icyunamo mu Karere ka Gasabo

Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi  ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…

Read more →

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →
-->