Green Smart Farm ifite indoto zokugera kure mu mwuga wo guhinga indabo
Muri gahunda yo kwigira no kwiteza imbere, Umugabo witwa Ndahayo Viateur ukorera mu Kagari ka Gatunga mu murenge wa Nduba afite Kampani yitwa Green Smart Farm ihinga indabo amaze kwiteza imbere. Uyu mugabo avuga ko yatangiye guhinga indabo muri 1998 ubu guhinga indabo bimaze ku muteza imbere ndetse nabandi bantu batandukanye harimo nabo aha akazi. Viateur amaze gutanga akazi ku bantu 30 aba bose bamaze kwiteza imbere mu buryo butandukanye, bashobora kuriha Ubwisungane mu kwivuza ku miryango yabo, kuriha Ejo Heza bashobora no kurihira abana babo amashuri.
Ndahayo avuga kandi ko guhinga indabo byamugejeje kuri byinshi harimo, inzu yo kubamo, imodoka ashobora no kurihira abana be amashuri kandi ifite inzozi zo kugera kuri byinshi kubera guhinga indabo. Uyu mugabo avuaga ko kugeza ubu umusaruro we awugurisha mu Gihugu imbere ariko afite intumberero yo kuzagura amasoko ye akaba yagera no mu bihugu byo hanze.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…