Gahunda yo kubaka ibyumba by’Amashuri yaratangijwe
Kubera ubucucike bugaragara mu mashuri menshi mu gihugu ndetse n’Ibyumba by’amashuri bishaje, Minisiteri y’Uburezi yafashe icyemezo cy’uko ku bufatanye n’Uturere hakubakwa ibyumba bishya mu rwego rwo kugirango abanyeshuri babone ubwisanzure.
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa uwo mwanzuro, ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo taliki ya 16 Nzeri 2017, bwatangije ku mugaragaro iyubakwa ry’Ibyumba by’amashuri hakorwa umuganda udasanzwe bikaba byarakozwe mu mirenge irindwi igize Akarere ka Gasabo bikazanakomeza no mu yindi mirenge igize Akarere. Ku rwego w’Akarere bikaba byarabereye mu Murenge wa Rusororo Akagari ka Ruhanga.
Uyu muganda udasanzwe ukaba waritabiriwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba Hon. Nduhungirehe Olivier Akaba ari nawe warumushyitsi mukuru muri uwo muganda.
Abayobozi bose bafashe ijambo bashimye cyane iki gikorwa, basaba abanyaruhanga kubigira ibyabo kuko n’amashuri azigirwamo n’abana babo. Kandi nk’uko byemejwe mu nama ya “video conference” yahuje minisiteri y’uburezi, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu harimo n’intara hamwe n’Uturere inyubako zose zigomba kuba zarangiye ku buryo umwaka w’amashuri utaha abana bazigiramo.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…