GAHUNDA YO GUSOZA URUGERERO RW’INKOMEZABIGWI ICYICIRO CYA 10
Taliki ya 24 Gashyantare 2022, mu Karere ka Gasabo kimwe nahandi hose mu Gihugu, hashojwe urugerero rw’Intore z’Inkomezabigwi icyiciro cya 10.
Iyi gahunda yakozwe mu Mirenge yose igize Akarere ka Gasabo ariko ku rwego rw’Akarere ka Gasabo yabereye mu Murenge wa Kinyinya ahahurijwe Intore zo mu Mirenge ya Kinyinya, Kacyiru na Gisozi.
Umushyitsi mu kuru muri uyu muhango ya Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere Madam UMWALI Pauline.
Umuyobozi ahanura izi ntore, yabasabye kwirinda ingeso mbi birinda uburara n’ubwomanzi , kuba umbusemburo wa Ndi Umunyarwanda no gukomeza umurege w’ubudaheranwa no gukomeza gukorera Igihugu.
Izi Ntore zatangiye urugerero kuva taliki ya 14 Ugushyingo 2022 basoza mu kwezi kwa Gashyantare 2023.
Muri iki gihe barimabamaze, bakoze ibikorwa byinshi byiza harimo;
Ubwitabire bwari bushimishije; hitabiriye abahungu 1401 n’abakobwa 1515 bose hamwe bari 2916
Ibikorwa byaranze umunsi
Akarasisi k’Intore, Intambwe y’Intore y’Ingabo nziza na Mutima w’Urugo, ku murika Ibigwi by’Inkomezabigwi 10 no gutanga certificate z’ishimwe ku batoza batoje Intore.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…