Gahunda yo gusoza Operation Akarere mu Kagari yasorejwe mu Murenge wa Kacyiru
Gahunda yo gusoza Operation Akarere mu Kagari yasorejwe mu Murenge wa Kacyiru
Gahunda ya Operation Akarere mu Kagari yarimaze igihe cy’ukwezi yashorejwe mu Murenge wa Kacyiru.
Hasozwa iyi gahunda, abayobozi b’Umujyi wa Kigali n’Akarere ka Gasabo baganiriye n’abavuga rikijyana bo mu Murenge wa Kacyiru.
Operation Akarere mu Kagari yakozwe mu rwego rwo gushyira mubikorwa gahunda ya guverinoma y’ imyaka irindwi (NST1) munkingi y’ iterambere ry’ imiyoborere myiza Akarere ka Gasabo kagennye gahunda yo kwegera abaturage no ku bakemurura ibibazo, gahunda ysiswe ” operation Akarere mu Kagari”
Iyi operation y’ Akarere mu kagari yarigamije gukemura ibibazo by’ abaturage bitakemukira ku rwego rw’ umudugudu, akagari n’umurenge, Kwegera abaturage no kubegereza serivisi zitangirwa ku karere, kwihutisha gukemura ibibazo by’ abaturage.
Nkuko bigaragara mu Itegeko Nshinga rya Repubulika y’ u Rwanda mu ngingo yaryo ya 11 “Umuco nyarwanda nk’isoko yo kwishakamo ibisubizo”
Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi (NST1) mu nkingi y’ imiyoborere myiza (Art.90&95) zivuga ku Mitangire ya serivisi no gukemura ibibazo by’ Abaturage
Itegeko Nº 22/2019 ryo ku wa 29/07/2019 rigenga Umujyi wa Kigali mu ngingo yaryo ya 39 igena Inshingano z’Urwego Nshingwabikorwa rw’Akarere aho iteganya ko rushinzwe:
“gufata ingamba zo guca akarengane no kuzishyira mu bikorwa mu Karere”,
“gusuzuma no gukemura ibibazo by’abaturage bitashoboye gukemurirwa ku rwego rw’Umurenge”;
INTEGO YA OPERATION AKARERE MU KAGARI
Operation Akerere mu Kagari yateguwe igamije gukemura ibibazo by’abaturage bitakemukiye ku rwego rw’Umudugudu, Akagari n’Umurenge
Kwegera abaturage no kubegereza serivizi zitangirwa ku Karere;
Kwihutisha gukemura ibibazo by’abaturage;
Gukurikirana imikorere y’Imirenge;
Kugaragaza muri rusange ishusho y’ibibazo abaturage b’Akarere ka Gasabo bafite, ibyakemuwe, ibizashyikirizwa izindi nzego, n’ibizakorerwa ubuvugizi
Umunsi wa mbere hakorwa ibi bikurikira:
Umunsi wa kabiri:
Abavuga rikijyana bo mu Murenge wa Kacyiru babonye umwanya wo kuganira n’abayobozi hagamijwe iterambere ry’Umujyi wa Kigali n’Akarere muri rusange.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…