Amashyamba afitiye akamaro kanini abantu batuye isi
Amashyamba afitiye akamaro kanini abatuye isi. Mu mashyamba niho inyamaswa n’inyoni bitaha, Amashyamba ayungurura umwuka duhumeka ndetse amababi y’ibimera yakira umwuka mubi dusohora noneho yo agatanga umwuka mwiza duhumeka.
Amashyamba arwanya isuri, atwikira ubutaka akaburinda imiyaga y’ishuheri, akanaburinda gutwarwa n’amazi y’imvura.
Amashyamba ashobora kuvamo imiti ivura indwara zitandukanye, amashyamba atuma haboneka amafranga kubayafite: avamo inkwi, amakara, Imbaho akaba yanatanga akazi ku bantu.
Mu Karere ka Gasabo dufite amashyamba mu Mirenge ikiurikira:
Gisozi ku buso mungana na 88, Jali ku buso bungana na 1177, Bumbogo 1242, Nduba 1226, Gikomero,659,Gatasata 158, Jabana853, Kinyinya 260, Rusororo 628, na Rutunga 772.
Abantu baragirwa inama yo gufata neza amashyamba kuko adufitiye akamoro gakomeye ku buzima bwacu.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…