Akarere ka Gasabo kiyemeje kwegereza Abanyarwanda Amavuriro

Akarere ka Gasabo kubufatanye  n’Umufatanyabikorwa Society for Family Health ( SFH)  hubatswe  Post the Sante Ebyiri ( 2) zo murwego rwa kabiri ( second generation)  zirimo ibikoresho byose bikenewe.

Izi post de sante zubatswe mu Kagari ka Kibagabaga Umurenge ya Kimironko no mu Kagari ka Rugando Umurenge wa  Kimihururara zikaba zaratashwe ku mugaragaro n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere  Madam UMWALI Pauline arikumwe n’Umuyobozi wungirije wa SFH  Madam Jennifer.

Post de Sante zo muwego rwa kakiri zizajya zitanga serevice zikurikira:

Gusuzuma (Consultation), Laboratory, Kubyaza ( Maternaty), Pharmacy, Vaccination, Consultation prenatal na Petite churulgie.

Aya mavuriro yibanze, aje gukemura ikibazo k’ingendo ndende abaturage bo muriyi mirenge bagendaga bajya gushaka aho bivuriza.

Aya mavuriro yuzuye atwaye amafaranga angana na Million Mirongine  n’icyenda ( 49M) kuri burimwe ubwo ebyeri ni 98M.

Abagenerwa bikorwa, bishimiye cyane iki gikorwa, bavugako baruhutse ingendo zakure bajya gushaka ubuvuzi, kandi ko bishimiye cyane ko n’ababyeyi bazajya babyarira hafi.

Umuyobozi w’Akarere yasabye abaturiye aya mavuriro kuyafataneza kuko aribo afiye akamaro kandi yongera gusaba  abakozi bazakoreramo gutanga serevice nziza ku babagana.


Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…

Read more →

Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu Murenge wa Gatsata.

Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…

Read more →

Gahunda yo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi no n’icyumweru cy’icyunamo mu Karere ka Gasabo

Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi  ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…

Read more →

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →
-->