Akarere ka Gasabo kiyemeje kwegereza Abanyarwanda Amavuriro
Akarere ka Gasabo kubufatanye n’Umufatanyabikorwa Society for Family Health ( SFH) hubatswe Post the Sante Ebyiri ( 2) zo murwego rwa kabiri ( second generation) zirimo ibikoresho byose bikenewe.
Izi post de sante zubatswe mu Kagari ka Kibagabaga Umurenge ya Kimironko no mu Kagari ka Rugando Umurenge wa Kimihururara zikaba zaratashwe ku mugaragaro n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere Madam UMWALI Pauline arikumwe n’Umuyobozi wungirije wa SFH Madam Jennifer.
Post de Sante zo muwego rwa kakiri zizajya zitanga serevice zikurikira:
Gusuzuma (Consultation), Laboratory, Kubyaza ( Maternaty), Pharmacy, Vaccination, Consultation prenatal na Petite churulgie.
Aya mavuriro yibanze, aje gukemura ikibazo k’ingendo ndende abaturage bo muriyi mirenge bagendaga bajya gushaka aho bivuriza.
Aya mavuriro yuzuye atwaye amafaranga angana na Million Mirongine n’icyenda ( 49M) kuri burimwe ubwo ebyeri ni 98M.
Abagenerwa bikorwa, bishimiye cyane iki gikorwa, bavugako baruhutse ingendo zakure bajya gushaka ubuvuzi, kandi ko bishimiye cyane ko n’ababyeyi bazajya babyarira hafi.
Umuyobozi w’Akarere yasabye abaturiye aya mavuriro kuyafataneza kuko aribo afiye akamaro kandi yongera gusaba abakozi bazakoreramo gutanga serevice nziza ku babagana.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…