Akarere ka Gasabo kasinyanye amasezerano y’Imikoranire na “Horizon Group ltd”
Aya mesezerano y’imikoranire hagati y’ibi bigo byombi akaba agamije guteza imbere Akarere cyane cyane mu gutunganya bijyanye n’ibikorwa remezo nk’imihanda, kubaka Amazu n’ibindi. Nk’uko buri ruhande rufite inyota yo gutunganya icyo rwiyemeje, amasezerano yahise ashyirwa mu bikorwa kuva Abayobozi bamaze kuyashyiraho umukono. Urugero rwiza ni umuhanda batangiye gukora uhuza Umurenge wa Gisozi n’uwa Jabana. Uyu muhanda utangirira mu munsi y’Umurenge wa Gisozi aho bakunze kwita kuri Beretwari ukagera ku Akagera Motors i Jabana, ukaba uzacyemura ibibazo byinshi cyane kubantu batuye cyangwa bakorera muri iyo Mirenge niyo baturanye nka za Jali, Gatsata. Si aho honyine kuko hari imihanda myinshi iri muri gahunda y’ingengo y’imari y’uyu mwaka ndetse n’utaha.
Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…
Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…
Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…