ABAYOBOZI BATANGIJE UKWEZI KWAHARIWE IGIKORWA CYO GUTANGA IBITEKEREZO BIZASHYIRWA MU IGENAMIGAMBI, INGENGO Y'IMARI 2025/2026

Ku gica munsi cyo ku wa Kabiri  mu Tugari twose two mu Karere ka Gasabo hateranye Inteko z'abaturage 

Muri Ntekoi abaturage hatangijwe ukwezi kwahariwe abaturage gutanga ibitekerezo bizashyirwa mu Igenamigambi , Ingengo y'Imari n'Imihigo by'umwaka 2025/2026.

Abaturage kandi bagaragarijwe uko ibitekerezo  batanze mu mwaka ushize 2024/2025 byashyizwe mu igenamigambi.

Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe Ubukungu n'Imibereho  y'Abaturage  Madamu URUJENI Martine ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere  Bwana BAYASESE Bernard bifatanyije n'abaturage  bo  mu Kagari ka Kibenga Umurenge wa Rutunga bakira ibitekerezo  bizashyirwa mu Igenamigambi ry'umwaka utaha 2025/2026.

Ibitekerezo bitangwa ku rwego rw'Akagari,  byoherezwa ku Murenge, Inama Njyanama y'Umurenge nayo igatoranyamo ibitekerezo 6 mu bitekerezo byose  byaturutse mu Tugari tugize Umurenge bagendeye  kubikenewe cyane kurusha ibindi

bikoherezwa ku rwego rw'Imirenge 15 igize Akarere  bizoherezwa ku Karere.

Akarere nako mu bibazo byose byaturutse mu Mirenge 15 bakazatoranyamo 6 bikoherezwa ku Mujyi wa Kigali.


Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->