ABANYAMURYANGO KOPERATIVE KORIKA BARASHIMA IBYO BAMAZE KUGERAHO
Koperative KORIKA ihinga umuceri mu gishanga cya Kabuye ikaba igizwe nabanamuryango bagera kuri 915. Abanyamuryango biyi koperative bavuga ko igihingwa cy’umuceri kimaze kubafasha kwiteza imbere kuburyo bugaragara aho buri munyamuryango yiteje imbere mu buryo butandukanye.Abanyamuryango bashobora kuriha ubwisungane mu kwivuza, Ejo Heza nibindi bibazo bikera amafaranga barabyikemurira.
Koperative KORIKA ivuga ko basarura Toni 1085 z’umuceri buri nyuma y’amezi atandatu.
Iyi Koperativ imaze kwigeza kuri byinshi harimo; bubatse inzu mberabyombi ikodeshwa ikabaha amafaranga, ibyumba bitatu by’ubucuruzi bikodeshwa, bafite n’ibiro byabo bakoreramo. Iyi Kopeartive kandi bacuruza n’ifumbire ( Agro dealer ) ku bandi bahinzi.
Bakaba bashishikariza abandi banyarwanda batarajya mu ma Koperative kuzijyamo kuko bifasha kwiteza imbere no kugera kuri byinshi kuruta gukora urimwe.
Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…
Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…
Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…