ABANYAMURYANGO KOPERATIVE KORIKA BARASHIMA IBYO BAMAZE KUGERAHO
Koperative KORIKA ihinga umuceri mu gishanga cya Kabuye ikaba igizwe nabanamuryango bagera kuri 915. Abanyamuryango biyi koperative bavuga ko igihingwa cy’umuceri kimaze kubafasha kwiteza imbere kuburyo bugaragara aho buri munyamuryango yiteje imbere mu buryo butandukanye.Abanyamuryango bashobora kuriha ubwisungane mu kwivuza, Ejo Heza nibindi bibazo bikera amafaranga barabyikemurira.
Koperative KORIKA ivuga ko basarura Toni 1085 z’umuceri buri nyuma y’amezi atandatu.
Iyi Koperativ imaze kwigeza kuri byinshi harimo; bubatse inzu mberabyombi ikodeshwa ikabaha amafaranga, ibyumba bitatu by’ubucuruzi bikodeshwa, bafite n’ibiro byabo bakoreramo. Iyi Kopeartive kandi bacuruza n’ifumbire ( Agro dealer ) ku bandi bahinzi.
Bakaba bashishikariza abandi banyarwanda batarajya mu ma Koperative kuzijyamo kuko bifasha kwiteza imbere no kugera kuri byinshi kuruta gukora urimwe.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…