Abana bato babaye abafasha myumvire muri iyi minsi 14 y’Ubukangurambaga bwo ku rwanya Malaria.
Muri ubu bukanguramba bw’iminsi 14 bwo ku rwanya Malaria, Akarere ka Gasabo n’abafatanyabikorwa bako muri Malaria, barimo gukora ubukangurambaga mu buryo butanduka bubafasha kugera kubantu benshi kandi bababantu ubona ko aribo bafite ibyago byinshi byokwandura indwara ya Malaria.
Hatekerejwe uburyo bwo gukora ubukangurambaga binyuze mu bana bato biga, aho abana mu mashuri bigishijwe uburyo indwara ya Malaria yandura, ikiyitera, uko yakirindwa n’ibimenyetso by’umurwayi wa Malaria. Abana barabifashe ukurikije umwana aho aturuka bahise buri wese ikibazo kiri murugo iwabo, bafata inzandiko bandikira ababyeyi babyo bababwira ku ndwara ya Malaria uko yandura ndetse no gukemura ibibazo biri iwabo; ko bagomba kurara mu nzitira mibu, gutema ibiti n’ibyatsi biri hafi y’urugo, gusiba ibyo byarekamo amazi hafi y’urugo nibindi byose babona.
Abana rero babaye abafashamyumvire muri ubu bukangurambaga bwo ku rwanya Malaria.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…