Abana bagomba kuvanwa mu mihanda bagasubizwa mu miryango no mu mashuri
Ku itariki ya 5 werurwe, mu cyumba cy’Inama cy’Akarere ka Gasabo, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe Imibereho myiza y’abaturage Madam NYIRUKUNDO Ignatienne yatangije kumugaragaro igikorwa cyo gusubiza abana b’Inzererezi mu Miryango no mu mashuri.
Iyi nama yatumiwemo aba bakurikira:
Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge yose, Abayobozi b’Amashuri abanza, Abafatanyabikorwa bakora ibijyanye no kwita ku bana, Abakozi bashinzwe imibereho Myiza ku Mirenge, Abakozi bashinzwe Uburezi mu Karere, Ababyeyi babana bahoze mu mihanda
Ingingo nyamakuru ziyi nama; byari ugukangurira no kwibutsa ababyeyi inshingano zokurera abana babo kandi bakabarerera mu Miryango,
Kwibutsa abarezi gukurikirana abana ku mashuri mu rwego rwo kugirango abana badata amashuri bakajya mu mihanda,
Gukangurira inzego zibanze n’abafatanyabikorwa uruhare rwabo rwo gukurikirana abana ngo badasubira mi mihanda.
Umunyamabanga wa Leta Madam Nyirarukundo yasabye buriwese kumva ko umwana w’Umunyarwa atagomba kuba mu muhanda, agomba kurererwa mu muryango kandi akiga, ibyo byose bizakunda buriwese abigize mo uruhare.
Abitabiriye inama bahawe umwanya wo gutanga ibitekerezo, ndetse banafata ingamba, ko buriwese agiye kuzuza inshingano ze uko bikwiye.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…