Abana bagomba kuvanwa mu mihanda bagasubizwa mu miryango no mu mashuri

Ku itariki ya 5 werurwe,  mu cyumba cy’Inama cy’Akarere ka Gasabo, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu  ushinzwe Imibereho myiza y’abaturage Madam NYIRUKUNDO Ignatienne yatangije kumugaragaro igikorwa cyo gusubiza abana b’Inzererezi mu Miryango no mu mashuri.

Iyi nama yatumiwemo aba bakurikira:

Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge yose, Abayobozi b’Amashuri abanza, Abafatanyabikorwa bakora ibijyanye no kwita ku bana, Abakozi bashinzwe imibereho Myiza ku Mirenge, Abakozi bashinzwe Uburezi mu Karere, Ababyeyi babana bahoze mu mihanda

Ingingo nyamakuru ziyi nama; byari ugukangurira no kwibutsa ababyeyi inshingano zokurera abana babo kandi bakabarerera mu Miryango,

Kwibutsa abarezi gukurikirana abana ku mashuri mu rwego rwo kugirango abana badata amashuri bakajya mu mihanda,

Gukangurira inzego zibanze n’abafatanyabikorwa uruhare rwabo rwo gukurikirana abana ngo badasubira mi mihanda.

Umunyamabanga wa Leta Madam Nyirarukundo yasabye buriwese kumva ko umwana w’Umunyarwa atagomba kuba mu muhanda, agomba kurererwa mu muryango kandi akiga, ibyo byose bizakunda buriwese abigize mo uruhare.

Abitabiriye inama bahawe umwanya wo gutanga ibitekerezo, ndetse banafata ingamba, ko buriwese agiye kuzuza inshingano ze uko bikwiye.


Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->