Abakozi b’Akarere ka Gasabo bizihije Umunsi w’Umurimo

Ku gica munsi cya none, taliki ya 16 Gicurasi 20225, Ubuyobozi bw’Akarere n’Abakozi bose kuva ku rwego rw’Akagari kugera ku Karere bizihije umunsi w’Umurimo ubusanzwe wizihizwa ku itariki 1 Gicurasi.

Insanganyamatsiko: “Ihangwa ry’Umurimo, intego dusangiye"

Hizihizwa uyu munsi, hanahembwe umukozi w’Indashyikirwa watowe n’abakozi bose kuva ku

rwego rw’Akagari.

Mu ijambo rye Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yashimye urimo mwiza abakozi b'Akarere ka Gasabo bakora abasaba kurushaho gukora neza.

Yavuze kandi ko kugira ngo  umukozi yuzuze inshingano ze neza hari ibintu 3 agomba kuzuza:

1. Ubunyangamugayo. Umuntu wese udafite indangagaciro z‘Ubunyangamugayo ntakiza ashobora kugeraho.

2. Ubwitange, yavuze ko kwitanga mukazi kacu kaburi munsi aringombwa cyane kuko akenshi iyo urebye akazi umuntu akora ntiwabona icyo umuhemba ariko kubera ubwitange buturanga niyo mpuamvu usanga habaho no gukora amasaha y’ikirenga ariko tugamije kugora umurimo unoze.

3. Ubunyamwuga. Mukazi dukora dukera gukora kinyamwuga, niyo mpamvu hajyaho amahugurwa , kwiyungura ubumenyi girango umukozi ashobore kugendana n’ibigezweho.

Umukozi w’Indashyikirwa ataorwa ku rwego rw’Akarere no Ku  rw’Umurenge hanyuma abatowe bose bakitoramo umwe bumva koko ariwe ukwiye kuba Indashyikirwa.

Uyu mwaka wa 2024/2025, Umukozi w’Indashyikirwa yabaye Mutagoma Jean Damascene akaba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gacuriro mu Murenge wa Kinyinya.

 


Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->