Abakozi b’Akarere ka Gasabo bizihije Umunsi w’Umurimo
Ku gica munsi cya none, taliki ya 16 Gicurasi 20225, Ubuyobozi bw’Akarere n’Abakozi bose kuva ku rwego rw’Akagari kugera ku Karere bizihije umunsi w’Umurimo ubusanzwe wizihizwa ku itariki 1 Gicurasi.
Insanganyamatsiko: “Ihangwa ry’Umurimo, intego dusangiye"
Hizihizwa uyu munsi, hanahembwe umukozi w’Indashyikirwa watowe n’abakozi bose kuva ku
rwego rw’Akagari.
Mu ijambo rye Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yashimye urimo mwiza abakozi b'Akarere ka Gasabo bakora abasaba kurushaho gukora neza.
Yavuze kandi ko kugira ngo umukozi yuzuze inshingano ze neza hari ibintu 3 agomba kuzuza:
1. Ubunyangamugayo. Umuntu wese udafite indangagaciro z‘Ubunyangamugayo ntakiza ashobora kugeraho.
2. Ubwitange, yavuze ko kwitanga mukazi kacu kaburi munsi aringombwa cyane kuko akenshi iyo urebye akazi umuntu akora ntiwabona icyo umuhemba ariko kubera ubwitange buturanga niyo mpuamvu usanga habaho no gukora amasaha y’ikirenga ariko tugamije kugora umurimo unoze.
3. Ubunyamwuga. Mukazi dukora dukera gukora kinyamwuga, niyo mpamvu hajyaho amahugurwa , kwiyungura ubumenyi girango umukozi ashobore kugendana n’ibigezweho.
Umukozi w’Indashyikirwa ataorwa ku rwego rw’Akarere no Ku rw’Umurenge hanyuma abatowe bose bakitoramo umwe bumva koko ariwe ukwiye kuba Indashyikirwa.
Uyu mwaka wa 2024/2025, Umukozi w’Indashyikirwa yabaye Mutagoma Jean Damascene akaba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gacuriro mu Murenge wa Kinyinya.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…