Abakozi b’Akarere ka Gasabo bashoje umwiherero w’iminsi ibiri
Ku munsi w'ejo taliki ya 03 Gashyantare hasojwe umwiherero w'iminsi Ibiri w'abakozi b'Akarere nabagize y'ihuriro rw'abafatanyabikorwa b'Akarere.
Umwiherero wafunguwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere
Mu ijambo rye, yagarutse ku ntego zawo n'umusaruro witezwemo.
Nyuma y'umwiherero harifuzwa kugerwaho ibi bikurikira:
Impinduka mu mikorere n’imikoranire hashingiwe ku mirongo izafatirwa muri uyu mwiherero mu gurikirana ibikorwa .Ingamba z’ubukangurambaga bwegerejwe abaturage kuri gahunda za Leta , Gushyiraho ingamba zo gukemura ibibazo by’abaturage no .gufasha abakozi kuzuza inshingano no kuzibazwa.
Ibiganiro byatanzwe ku munsi wa mbere.
Ibiganiro byatanzwe ku munsi wa mbere.
1. Gahunda yokwivana mu bukene cyatanzwe n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w‘Akarere
2. HSI cyatanzwe na Bwana Rukundo Augustine
3. Imikorere n'Imikoranire cyatanzwe na Bwana Ntaganzwa JMV
Nyuma y’ibiganiro, abakozi babonye umwanya wo kubaza no gutanga ibitekerezo ku biganiro byatanzwe.
Umunsi wa kabiri
1. Hakozwe Ibiganiro mu matsinda ku bibazo byavuye mu biganiro byo ku munsi wa mbere.
2. Ikiganiro kuri gahunda ya Goveronama y'imyaka 5 ( NST2) n'ingamba z'icyerekezo cy'Umujyi wa Kigali cyatanwe na Bwana Musoni Umuyobozi mikuru ushinzwe Igenamigambi milu Mujyi wa Kigali.
3. Imikorere n'Imikoranire y’abafatanyabikorwa n'inzego z'ibanze byatanzwe na Perezida w’Ihuriro ry’abafatanyabikorwa Bwana MUTSINDASHYAKA Andre.
4. Ikiganiro kubuzima bwo mu mutwe cyatanzwe na ARCT Ruhuka.
Uyu mwiherero wasojwe n'Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Bwana Dusengiyumva Samwel.
Mu I jambo rye asoza Umwiherero yatangiye ashimira bateguye uyu mwiherero wo kwisuzuma no gufata ingamba mu mikoranire
Yagaragarije Abafatanyabikorwa ko Ubuyobozi bwiteguye gukorana nabo haba mu igenamigambi no mu guhana amakuru ku byo bakora n'ahari ibibazo kugira ngo bafatanye mu kubikemura
Abasaba kandi ko mu iteganyabikorwa ryabo bajya bateganya gutanga amahugurwa ku bakozi kugira ngo bongere ubumenyi bubafasha gutanga serivisi
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…