Abakozi b’Akarere ka Gasabo bashoje umwiherero w’iminsi ibiri

Ku munsi w'ejo taliki ya 03 Gashyantare hasojwe umwiherero w'iminsi Ibiri  w'abakozi b'Akarere nabagize  y'ihuriro rw'abafatanyabikorwa b'Akarere.

Umwiherero wafunguwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere

 Mu ijambo rye, yagarutse ku ntego zawo n'umusaruro witezwemo.

 Nyuma y'umwiherero harifuzwa kugerwaho ibi bikurikira:

 Impinduka mu mikorere n’imikoranire hashingiwe ku mirongo izafatirwa muri uyu mwiherero mu gurikirana ibikorwa  .Ingamba z’ubukangurambaga bwegerejwe abaturage kuri gahunda za Leta , Gushyiraho ingamba zo gukemura ibibazo by’abaturage no .gufasha abakozi kuzuza inshingano no kuzibazwa.

 Ibiganiro byatanzwe ku munsi wa mbere.

Ibiganiro byatanzwe ku munsi wa mbere.

1. Gahunda yokwivana mu bukene cyatanzwe n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w‘Akarere

2. HSI cyatanzwe na Bwana Rukundo Augustine

3. Imikorere n'Imikoranire  cyatanzwe na Bwana Ntaganzwa JMV

Nyuma y’ibiganiro, abakozi babonye umwanya wo kubaza no gutanga ibitekerezo ku biganiro byatanzwe.

Umunsi wa kabiri 

1. Hakozwe Ibiganiro mu matsinda ku bibazo byavuye mu biganiro byo ku munsi wa mbere.

2. Ikiganiro kuri gahunda ya Goveronama y'imyaka 5 ( NST2)  n'ingamba  z'icyerekezo cy'Umujyi wa Kigali  cyatanwe na Bwana Musoni   Umuyobozi mikuru ushinzwe Igenamigambi milu Mujyi wa Kigali.

3. Imikorere n'Imikoranire y’abafatanyabikorwa n'inzego z'ibanze byatanzwe na Perezida w’Ihuriro ry’abafatanyabikorwa Bwana MUTSINDASHYAKA Andre.

4. Ikiganiro kubuzima bwo mu mutwe cyatanzwe na ARCT Ruhuka.

Uyu mwiherero wasojwe n'Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Bwana  Dusengiyumva Samwel.

Mu I jambo rye asoza Umwiherero  yatangiye ashimira  bateguye uyu mwiherero wo kwisuzuma no gufata ingamba mu mikoranire

Yagaragarije Abafatanyabikorwa ko Ubuyobozi bwiteguye gukorana nabo haba mu igenamigambi no mu guhana amakuru ku byo bakora n'ahari ibibazo kugira ngo bafatanye mu kubikemura

Abasaba kandi ko mu iteganyabikorwa ryabo bajya bateganya gutanga amahugurwa ku bakozi kugira ngo bongere ubumenyi bubafasha gutanga serivisi

 


Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->